RSS Amplifier

News source

UMUSEKE

Amakuru y'umwihariko

umuseke.rwSource feed ↗10 articles

Overdue Last read · last published · next check
Last read 10 hours ago, longer than this feed's 1 hour schedule.

Written by

Latest articles

Min Utumatwishima yasabye urubyiruko rw’Afurika kwanga ubukene

Mu ijambo Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’ubuhanzi, Dr Utumatwishima Abdallah yajyejeje ku rubyiruko rw’Afurika, yabasabye kwanga ubukene ahubwo bagashyira imbere umurimo. Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’ubuhanzi, Dr Utumatwishima Abdallah yabibwiye urubyiruko rw’Afurika harimo abo mu Rwanda, Kenya, Uganda, Ghana, na Zimbabwe bagera kuri 350. Minisitiri Utumatwishima avuga ko…

CAF yateye utwatsi icyifuzo cya APR FC

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru ku Mugabane wa Afurika, CAF, yasubije APR FC iyibwira ko ubusabe bwayo nta shingiro bufite, bityo ko izajya gukinira muri RDC. Ikipe y’Ingabo izahura na Les Aigles du Congo mu ijonjora ry’ibanze rya CAF Champions League 2026-27, nyuma y’uko tombola yabaye ku wa 6 Kanama 2026 yarangiye aya makipe yisanze ari yo […]

Rayon Sports WFC yahize kwegukana CECAFA izabera i Kigali

Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports WFC, Rwaka Claude yatangaje ko ikibazanye muri CAF Women’s Champions League CECAFA Qualifiers 2026, ari ukwegukana igikombe. Mu gihe habura amasaha abarirwa ku ntoki ngo mu Rwanda hatangire irushanwa CAF Women’s Champions League CECAFA Qualifiers 2026, abatoza bakomeje guhiga. Rwaka Claude utoza Rayon Sports WFC ihagarariye u Rwanda, yavuze ko […]

Abanyeshuri batsinze ibizamini bya Leta bariyongereye

Abanyeshuri batsinze ibizamini bisoza amashuri abanza n’icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye mu mwaka w’amashuri wa 2025/2026 bariyongereye, aho abatsinze amashuri abanza bavuye kuri 75,6% bagera kuri 88,21%, mu gihe mu cyiciro rusange abatsinze ari 85,7%. Ni amanota yatangajwe kuri uyu wa Kane tariki 20 Kanama 2026. Ibizamini bisoza amashuri abanza byakozwe mu ntangiriro za Nyakanga 2026, […]

Polisi y’u Rwanda n’iya Korea zasinye amasezerano

Polisi y’u Rwanda (RNP) na Polisi ya Koreya y’Epfo (KNPA), zasinye amasezerano amasezerano y’imikoranire (MoU) agamije guteza imbere ubufatanye bwa Polisi zombi arimo ayo kurwanya ibyaha byambukiranya imipaka bikorwa n’imitwe y’abagizi ba nabi. Ni amasezerano yasinywe kuri uyu wa Kane, tariki ya 20 Kanama 2026, i Seoul, muri Repubulika ya Koreya y’Epfo, hagati y’Umuyobozi Mukuru […]

Abanyamerika batanu n’ukuriye ubutasi muri Ecuador bapfiriye muri Kenya

Umuyobozi w’urwego rushinzwe ubutasi muri Ecuador, Michele Sensi-Contug n’umugore we Stephany Hollihan, n’abandi banyamerika bane bari mu bantu barindwi bapfiriye mu mpanuka y’indege ya kajugujugu yabereye mu gace ka Samburu muri Kenya. Iyi mpanuka yabaye ku wa Gatatu, tariki ya 19 Kanama 2026 ubwo aba biganjemo abacuruzi bakomeye indege barimo bari mu bikorwa by’ubukerarugendo yisekuraga […]

Ni nde wagabye igitero cya drone kuri Hotel yo muri Fizi?

Igitero cyagabwe kuri ‘Hotel Mwalu’ iherereye muri Teritwari ya Fizi muri Kivu y’Amajyepfo, cyakomeje kuvugwa ku mbuga nkoranyambaga ariko nta ruhande ruracyemera ku mugaragaro. Ni igitero abo ku ruhande rwa Leta ya Congo bashinja ko cyagabwe n’umutwe wa Twirwaneho ukorana na AFC/M23, naho ku rundi ruhande “rushyigikiye AFC/M23” rukavuga ko cyagabwe ku bantu bo mu […]

Igitaramo cya Diamond i Kigali cyahumuye

Igitaramo gitegerejwemo Diamond Platnumz gikomeje gushyuha cyane ku mbuga nkoranyambaga, nyuma y’uko abagitegura bagaragaje aho abifuza kucyitabira bashobora kugurira amatike. Iki gitaramo cyiswe “Diamond Platnumz Experience”, uyu muhanzi wubatse ibigwi mu muziki, azahurira ku rubyiniro n’abarimo Bruce Melodie, baherutse gukorana indirimbo “Pom Pom”. Hazaririmba kandi Nel Ngabo, DJ Marnaud ndetse…

Impamvu Kiyovu Sports yasezereye Mackenzi ikubagahu

Nyuma y’igihe gito atangiye akazi muri Kiyovu Sports nk’uwari ushinzwe ubuzima bwa buri munsi bw’ikipe [Team management], Nizigiyimana Karim uzwi nka ‘Mackenzi’, yahise atandukana nayo ku bw’impamvu zitahise zimenyekana. Mu minsi ishize hari humvikanye amakuru yavugaga ko Nizigiyimana Karim wakiniye amakipe atandukanye mu Rwanda, yagizwe Umukozi Ushinzwe ubuzima bwa buri munsi muri Kiyovu Sports…

Luvumbu yashinje Ubutegetsi bwa RDC kumutererana

Héritier Nzinga Luvumbu wahoze akinira Rayon Sports mu myaka ibiri ishize, yavuze ko ari gupfa areba, ashinja ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kumutererana nyamara ubwo yavaga mu Rwanda yari yijejwe guhindurirwa ubuzima. Inkuru ivuga ku buzima busharira Luvumbu ari gucamo, yagarutsweho n’ibitangazamakuru bitandukanye byo muri RDC nyuma y’ibyo nyiri ubwite yashyize ku mbuga…