# tariki (blogs) — RSS Amplifier

Recent posts from the 1 feeds in the RSS Amplifier directory that cover tariki.

Page: <https://rssamplifier.com/topics/tariki/blogs>  
Feed: <https://rssamplifier.com/topics/tariki/blogs.md>

---

## [Tom Byabagamba wahoze mu Ngabo z’u Rwanda yapfiriye muri gereza](https://panorama.rw/tom-byabagamba-wahoze-mu-ngabo-zu-rwanda-yapfiriye-muri-gereza/)

_2026-08-25 · Daniel NIYONKURU · Panorama_

Tom Byabagamba wahoze ari Colonel mu Ngabo z’u Rwanda, akaba yarigeze kuyobora umutwe ushinzwe kurinda Umukuru w’Igihugu, yapfiriye muri gereza nyuma yo kumaramo imyaka 12. Amakuru y’urupfu rwe yatangajwe na David Himbara, uvuga ko ari umwe mu bo mu muryango wa Byabagamba. Yavuze ko ababajwe cyane n’urupfu rw’umuvandimwe we. Ikinyamakuru Chimp Report cyo muri Uganda \[…\]

## [Perezida Kagame na Sidi Ould Tah baganiriye ku kwagura ubufatanye bw’u Rwanda na AfDB](https://panorama.rw/perezida-kagame-na-sidi-ould-tah-baganiriye-ku-kwagura-ubufatanye-bwu-rwanda-na-afdb/)

_2026-08-25 · Daniel NIYONKURU · Panorama_

Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro n’Umuyobozi wa Banki Nyafurika Itsura Amajyambere, AfDB, Dr. Sidi Ould Tah, baganira ku buryo ubufatanye hagati y’u Rwanda n’iyi banki bwakomeza kugira uruhare mu iterambere ry’igihugu n’umugabane wa Afurika. Ibiganiro byabo byabaye kuri uyu wa 25 Kanama 2026, nyuma y’Inama ya Africa Mindset Reset Forum yabereye i Kigali mu gihe \[…\]

## [Francis Gatare: Afurika ikwiye guhindura imyumvire no kwigira kugira ngo itere imbere](https://panorama.rw/francis-gatare-afurika-ikwiye-guhindura-imyumvire-no-kwigira-kugira-ngo-itere-imbere/)

_2026-08-25 · Daniel NIYONKURU · Panorama_

Umuyobozi w’Ishuri Nyafurika ry’Imiyoborere, African School of Governance (ASG), Francis Gatare, yavuze ko Afurika idakwiye gukomeza gutegereza ibisubizo biva hanze, ahubwo ko Abanyafurika bakwiye guhindura imyumvire, bakagira uruhare mu kwishakira ibisubizo by’ibibazo by’umugabane. Gatare yabigarutseho kuri uyu wa 25 Kanama 2026, ubwo yari mu nama The Africa Mindset Reset Forum yabereye muri…

## [Afurika ikeneye ibikorwa birenze amagambo kugira ngo igere ku iterambere \_Perezida Kagame](https://panorama.rw/afurika-ikeneye-ibikorwa-birenze-amagambo-kugira-ngo-igere-ku-iterambere-_perezida-kagame/)

_2026-08-25 · Daniel NIYONKURU · Panorama_

Perezida Paul Kagame yavuze ko Afurika ifite ubushobozi n’umutungo bihagije kugira ngo igere ku iterambere yifuza, ariko ko imwe mu mbogamizi ikomeye ari ukudashyira mu bikorwa ingamba n’ibitekerezo abayobozi n’Abanyafurika baganiraho. Umukuru w’Igihugu yabigarutseho kuri uyu wa 25 Kanama 2026, ubwo yari yitabiriye inama yiswe ‘The Africa Mindset Reset Forum’, yabereye muri Kigali Convention…

## [RwandAir adds first of five Airbus A330s](https://panorama.rw/rwandair-adds-first-of-five-airbus-a330s/)

_2026-08-25 · Editor · Panorama_

Rene Anthere Rwanyange RwandAir has added an Airbus A330-200 to its fleet, marking the first of five A330 aircraft planned as part of the national carrier’s strategy to expand long-haul operations, strengthen international connectivity and support ambitious passenger-growth targets. The arrival of the aircraft was announced on Monday, August 24, 2026, with RwandAir describing it \[…\]

## [Karongi: Cyamunara y&#8217;umutungo utimukanwa ubaruye kuri UPI: 3/01/01/06/954 (Sqm 396); mu murenge wa Bwishyura, Akagari ka Kiniha, Umudugudu wa Kiyovu](https://panorama.rw/karongi-cyamunara-yumutungo-utimukanwa-ubaruye-kuri-upi-3-01-01-06-954-sqm-396-mu-murenge-wa-bwishyura-akagari-ka-kiniha-umudugudu-wa-kiyovu/)

_2026-08-24 · Editor · Panorama_

## [Minisitiri Utumatwishima yasabye imiryango n’amashuri gukaza uburere bw’urubyiruko](https://panorama.rw/minisitiri-utumatwishima-yasabye-imiryango-namashuri-gukaza-uburere-bwurubyiruko/)

_2026-08-24 · Daniel NIYONKURU · Panorama_

Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Utumatwishima Abdallah, yasabye Abanyarwanda kongera imbaraga mu kubaka imiryango ikomeye no gushimangira uburezi bw’abana, avuga ko ari imwe mu nzira zo gukumira ibibazo byugarije urubyiruko birimo ibiyobyabwenge. Yabigarutseho ku wa 23 Kanama 2026, ubwo hasozwaga Ihuriro rya 23 ry’Urubyiruko Gatolika ku rwego rw’Igihugu ryabereye muri Diyoseze…

## [Ingingo z&#8217;ingenzi z&#8217;impamvu yo gusaba guhinduza amazina ya NYIRAMAYIRA Akarikumutima](https://panorama.rw/ingingo-zingenzi-zimpamvu-yo-gusaba-guhinduza-amazina-ya-nyiramayira-akarikumutima/)

_2026-08-24 · Editor · Panorama_

## [U Rwanda ntiruzarebera abaturage bapfa bazira ibinyobwa bitujuje ubuziranenge \_Perezida Kagame](https://panorama.rw/perezida-kagame-u-rwanda-ntiruzarebera-abaturage-bapfa-bazira-ibinyobwa-bitujuje-ubuziranenge/)

_2026-08-24 · Daniel NIYONKURU · Panorama_

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yavuze ko kurinda ubuzima bw’Abanyarwanda ari byo bigomba kuza imbere mu byemezo bifatwa ku binyobwa bisembuye bitujuje ubuziranenge, aho gushyira imbere igihombo abacuruzi cyangwa ababikora bashobora kugira. Ibi Umukuru w’Igihugu yabivuze kuri uyu wa Mbere tariki ya 24 Kanama 2026, mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru, asubiza ikibazo cy’umunyamakuru wa RBA,…

## [Abayobozi b’uturere 8 barangije manda ebyiri zigenwa n&#8217;itegeko](https://panorama.rw/abayobozi-buturere-8-barangije-manda-ebyiri-zigenwa-nitegeko/)

_2026-08-24 · Daniel NIYONKURU · Panorama_

Mu gihe amatora y’abayobozi b’inzego z’ibanze ateganyijwe kongera kuba mu mezi ari imbere, abayobozi 27 bagize komite nyobozi z’uturere ntibazagaruka muri izi nshingano, nyuma yo kurangiza manda ebyiri ziteganywa n’amategeko. Muri aba harimo abayobozi b’uturere umunani, abayobozi b’uturere bungirije bashinzwe iterambere ry’ubukungu 12 ndetse n’abashinzwe imibereho myiza y’abaturage barindwi. Mu…

## [8.1% APY Plus Free Stock (Sponsored)](https://crawlproof.com/a/qqcNcnh518CI)

_2026-08-24 · **Sponsored**_

Claim 8.1% APY and up to $1,030 in SK hynix and Nvidia stock.

## [MINEDUC yasobanuye impamvu Uwamariya Leontine atabashije kujya mu muhango wo guhabwa ibihembo](https://panorama.rw/mineduc-yasobanuye-impamvu-uwamariya-leontine-atabashije-kujya-mu-muhango-wo-guhabwa-ibihembo/)

_2026-08-22 · Daniel NIYONKURU · Panorama_

Minisiteri y’Uburezi, MINEDUC, yasobanuye impamvu Uwamariya Leontine wabaye uwa mbere mu bizamini bya Leta bisoza icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye, Tronc Commun, atagaragaye mu muhango wo gutangaza amanota no guhemba abanyeshuri bitwaye neza. Uwamariya wize muri ISF Nyamasheke, yasoje ibizamini afite amanota 98,7%, anganya na Musonga Isimbi Orah wigaga muri FAWE Girls’ School. Ku wa 20 \[…\]

## [EAC igiye guhuza igenzura ry’ibiribwa n’ibinyobwa mu rwego rwo koroshya ubucuruzi](https://panorama.rw/eac-igiye-guhuza-igenzura-ryibiribwa-nibinyobwa-mu-rwego-rwo-koroshya-ubucuruzi/)

_2026-08-22 · Daniel NIYONKURU · Panorama_

Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, EAC, watangiye ibiganiro bigamije guhuza uburyo ibihugu biwugize bigenzura ubuziranenge bw’ibiribwa n’ibinyobwa, mu rwego rwo koroshya ubucuruzi bukorerwa hagati y’ibihugu bigize uyu muryango. Iyi gahunda igamije ko ibicuruzwa by’ibiribwa n’ibinyobwa byujuje ibisabwa mu gihugu kimwe bitongera gukorerwa igenzura ritandukanye cyangwa ngo bihure n’inzitizi…

## [Gasabo: Cyamunara y&#8217;ikibanza cyubatsemo inzu kibaruye kuri UPI:1/02/04/02/906 (Sqm 489); mu murenge wa Gisozi, Akagari ka Ruhango, Umudugudu wa Murambi](https://panorama.rw/gasabo-cyamunara-yikibanza-cyubatsemo-inzu-kibaruye-kuri-upi1-02-04-02-906-sqm-489-mu-murenge-wa-gisozi-akagari-ka-ruhango-umudugudu-wa-murambi/)

_2026-08-22 · Editor · Panorama_

## [Arsenal, Betis na Marseille zatangiye shampiyona nshya neza](https://panorama.rw/arsenal-betis-na-marseille-zatangiye-shampiyona-nshya-neza/)

_2026-08-22 · Daniel NIYONKURU · Panorama_

Panorama Sports Amakipe ya Arsenal, Real Betis na Marseille yatangiye shampiyona zayo mu buryo bushimishije, nyuma yo kubona intsinzi mu mikino yabaye ku mugoroba wo ku wa Gatanu tariki ya 21 Kanama 2026. Aya makipe yose yatsinze atinjijwe igitego, bituma atangirana icyizere mu marushanwa y’icyiciro cya mbere mu Bwongereza, Espagne no mu Bufaransa. Muri Premier \[…\]

## [Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yagiranye ibiganiro n’Umuyobozi Mukuru wa IOM](https://panorama.rw/minisitiri-wintebe-dr-nsengiyumva-yagiranye-ibiganiro-numuyobozi-mukuru-wa-iom/)

_2026-08-21 · Daniel NIYONKURU · Panorama_

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr. Nsengiyumva Justin, yakiriye Umuyobozi Mukuru w’Umuryango Mpuzamahanga ushinzwe Abimukira (IOM), Amy Pope, baganira ku bufatanye hagati y’u Rwanda n’uyu muryango ndetse n’uburyo bwakomeza guteza imbere imikoranire ihuriweho. Ibiganiro byabaye kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 21 Kanama 2026, ubwo Amy Pope n’intumwa ayoboye bari mu ruzinduko rw’akazi mu Rwanda.…

## [RBC irasaba kwita ku bana n’urubyiruko bafite diyabete no kubafasha kudacika intege](https://panorama.rw/rbc-irasaba-kwita-ku-bana-nurubyiruko-bafite-diyabete-no-kubafasha-kudacika-intege/)

_2026-08-21 · Daniel NIYONKURU · Panorama_

Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ubuzima, RBC, kirashishikariza ababyeyi, abarimu n’abafite inshingano zo kwita ku bana n’urubyiruko bafite diyabete kubafasha kuyoboka ubuzima bwabo badacitse intege. RBC ivuga ko kubwira umwana cyangwa umwangavu ko diyabete ari indwara azabana na yo igihe kirekire bishobora kumugiraho ingaruka mu mitekerereze, ndetse bikaba byatuma bamwe batakaza icyizere cy’ubuzima…

## [Rwanda to host Africa food systems forum to drive investment and jobs](https://panorama.rw/rwanda-to-host-africa-food-systems-forum-to-drive-investment-and-jobs/)

_2026-08-21 · Editor · Panorama_

Rene Anthere Rwanyange KIGALI, Rwanda, August 21, 2026 — More than 5,000 African and global leaders, policymakers, investors, scientists, entrepreneurs and young innovators from more than 50 countries are expected in Kigali next month for the 20th Africa Food Systems Forum (AFSF), as the continent seeks to turn two decades of commitments into investment, jobs \[…\]

## [Meteo Rwanda iteganya imvura nyinshi mu Muhindo wa 2026](https://panorama.rw/meteo-rwanda-iteganya-imvura-nyinshi-mu-muhindo-wa-2026/)

_2026-08-21 · Daniel NIYONKURU · Panorama_

Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere (Meteo Rwanda) cyatangaje ko mu gihembwe cy’imvura y’Umuhindo wa 2026, kuva muri Nzeri kugeza mu Ukuboza, hateganyijwe imvura iri hagati ya milimetero 300 na 1,000, ikaba iri hejuru y’impuzandengo y’imvura isanzwe igwa muri iki gihe. Meteo Rwanda ivuga ko impuzandengo y’imvura isanzwe igwa mu Muhindo iri hagati ya milimetero \[…\]

## [Amasoko y’amatungo yongeye gufungurwa mu turere tune tw’Iburasirazuba](https://panorama.rw/amasoko-yamatungo-yongeye-gufungurwa-mu-turere-tune-twiburasirazuba/)

_2026-08-21 · Daniel NIYONKURU · Panorama_

Guverinoma yongeye kwemerera ibikorwa by’amasoko y’amatungo mu turere tune two mu Ntara y’Iburasirazuba, nyuma y’uko icyorezo cy’indwara ya Rift Valley Fever (RVF), izwi nka ubuganga, kigabanutse. Iri fungurwa rizafasha aborozi n’abacuruzi kongera kugurisha no kwimura amatungo, arimo inka, ihene n’intama. Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuhinzi n’Ubworozi (RAB) ni cyo cyatangaje ko amasoko yongeye…

## [Nyuma y’ibyumweru birenga 10 aba hanze y&#8217;igihugu Perezida Paul Biya yagarutse muri Cameroun](https://panorama.rw/nyuma-yibyumweru-birenga-10-aba-hanze-yigihugu-perezida-paul-biya-yagarutse-muri-cameroun/)

_2026-08-21 · Daniel NIYONKURU · Panorama_

Perezida wa Cameroun, Paul Biya, yongeye kugera mu gihugu nyuma yo kumara ibyumweru birenga 10 ari hanze yacyo, igihe kinini kurusha ibindi amaze kuba Perezida kuva yatangira kuyobora Cameroun mu myaka isaga 40 ishize. Biya, ufite imyaka 93, yageze ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Nsimalen i Yaoundé ku wa Kane, mu ndege yihariye yari ivuye \[…\]

## [Trade Smarter With IBKR (Sponsored)](https://crawlproof.com/a/eZ4IvgFRGxkj)

_2026-08-21 · **Sponsored**_

Join Interactive Brokers through a referral and access low-cost global trading.

## [MINEDUC yanze ko akanyafu kongera gakoreshwa mu guhana abanyeshuri](https://panorama.rw/mineduc-yanze-ko-akanyafu-kongera-gakoreshwa-mu-guhana-abanyeshuri/)

_2026-08-20 · Daniel NIYONKURU · Panorama_

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi, Irere Claudette, yavuze ko ibihano bikoresha inkoni cyangwa akanyafu bitazongera kwifashishwa mu guhana abanyeshuri, ashimangira ko hari ubundi buryo bwo gukosora umwana utitwaye neza. Irere Claudette yabigarutseho kuri uyu wa 20 Kanama 2026, ubwo hatangazwaga amanota y’ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza n’ay’icyiciro rusange cy’amashuri…

## [NESA yatangaje amanota y’ibizamini bya Leta, abatsinze amashuri abanza bariyongereye](https://panorama.rw/nesa-yatangaje-amanota-yibizamini-bya-leta-abatsinze-amashuri-abanza-bariyongereye/)

_2026-08-20 · Daniel NIYONKURU · Panorama_

Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri, NESA, cyatangaje amanota y’ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza n’icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye by’umwaka w’amashuri wa 2025/2026, aho imibare igaragaza ko abanyeshuri batsinze ku kigero kiri hejuru ugereranyije n’umwaka wabanje. Mu mashuri abanza, abagera kuri 88,21% batsinze ibizamini, mu gihe mu mwaka wa 2024/2025…

## [Uko wareba Amanota y&#8217;Ibizamini bya Leta kuri Internet](https://panorama.rw/uko-wareba-amanota-yibizamini-bya-leta-kuri-internet/)

_2026-08-20 · Daniel NIYONKURU · Panorama_

Abanyeshuri bakoze ibizamini bya Leta bisoza icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye (S3) bashobora kureba amanota yabo kuri internet bakoresheje urubuga rwa SDMS rutangazwa na NESA. Nyuma y’itangazwa ry’amanota y’ibizamini bya Leta, abanyeshuri n’ababyeyi bashobora gukoresha ikoranabuhanga kugira ngo barebe amanota umunyeshuri yabonye ndetse n’ishuri yoherejwemo gukomerezamo amasomo. Uko Wareba…

## [Ingingo z&#8217;ingenzi z&#8217;impamvu yo zgusaba guhindura amazina ya ASHIMWE Yvonne](https://panorama.rw/ingingo-zingenzi-zimpamvu-yo-zgusaba-guhindura-amazina-ya-ashimwe-yvonne/)

_2026-08-20 · Editor · Panorama_

## [Abakora ubuhinzi bw’umuceri mu gishanga cya Nyabarongo barasaba ko gitunganywa](https://panorama.rw/abakora-ubuhinzi-bwumuceri-mu-gishanga-cya-nyabarongo-barasaba-ko-gitunganywa/)

_2026-08-20 · Daniel NIYONKURU · Panorama_

Abakora ubuhinzi bw’umuceri mu gishanga cya Nyabarongo barasaba igitunganywa nyuma yo guhomba asaga miliyoni 100 Frw Abahinzi b’umuceri bo mu gishanga cya Nyabarongo, mu Karere ka Karongi, barasaba Leta kugishyira mu bikorwa imishinga yo kugitunganya no kugenzura amazi, bavuga ko kuzura k’umugezi wa Nyabarongo bikomeje kubateza igihombo gikomeye. Aba bahinzi bo mu tugari twa Shyembe \[…\]

## [Ibyoherezwa mu mahanga byinjirije u Rwanda asaga miliyari 19 Frw mu minsi itanu](https://panorama.rw/ibyoherezwa-mu-mahanga-byinjirije-u-rwanda-asaga-miliyari-19-frw-mu-minsi-itanu/)

_2026-08-20 · Daniel NIYONKURU · Panorama_

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi, NAEB, cyatangaje ko mu minsi itanu u Rwanda rwinjije miliyoni 12.95 z’amadolari ya Amerika, angana n’asaga miliyari 19 Frw, avuye mu bicuruzwa by’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi byoherejwe mu mahanga. Imibare ya NAEB igaragaza ko hagati ya tariki ya 10 n’iya 14 Kanama 2026, \[…\]

## [NCD Alliance commends Government Action against illicit alcohol](https://panorama.rw/ncd-alliance-commends-government-action-against-illicit-alcohol/)

_2026-08-19 · Editor · Panorama_

Rene Anthere Rwanyange The Rwanda Non-Communicable Disease Alliance (RNCDA) commends the Government of Rwanda, through the Ministry of Health and the Rwanda Food and Drugs Authority (Rwanda FDA), for strengthening regulatory enforcement against non-compliant and unsafe alcoholic beverages. The Alliance welcomes the measures initiated in August 2026, including the closure of non-compliant…

## [Green Amayaga yatangije icyiciro cya kabiri kizagera mu mirenge 35 yo mu majyepfo](https://panorama.rw/green-amayaga-yatangije-icyiciro-cya-kabiri-kizagera-mu-mirenge-35-yo-mu-majyepfo/)

_2026-08-18 · Daniel NIYONKURU · Panorama_

Umushinga Green Amayaga watangije ku mugaragaro icyiciro cya kabiri cy’ibikorwa byawo, aho uteganya kwagura ibikorwa byo kubungabunga ibidukikije, kurwanya isuri no guteza imbere ubuhinzi mu mirenge 35 yo mu turere turindwi tw’Intara y’Amajyepfo. Iki cyiciro cyatangijwe kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 18 Kanama 2026, mu Karere ka Nyanza, mu nama nyunguranabitekerezo yitabiriwe na Guverineri \[…\]

## [Minisitiri w’Intebe Nsengiyumva asaba Afurika gushyira mu bikorwa imihigo ku mazi n’isuku](https://panorama.rw/minisitiri-wintebe-nsengiyumva-asaba-afurika-gushyira-mu-bikorwa-imihigo-ku-mazi-nisuku/)

_2026-08-18 · Daniel NIYONKURU · Panorama_

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr. Justin Nsengiyumva, yasabye ibihugu bya Afurika kuva ku mihigo n’amasezerano yanditse bikibanda ku bikorwa bifatika, by’umwihariko mu guteza imbere serivisi z’amazi, isuku n’isukura. Ibi yabivugiye i Kigali kuri uyu wa Kabiri tariki ya 18 Kanama 2026, ubwo yatangizaga ku mugaragaro Inama Nyafurika yiga ku miyoborere n’iterambere ry’urwego rw’amazi, isuku…

## [APR FC yongeye amaraso mashya mu butoza (Amafoto)](https://panorama.rw/apr-fc-yongeye-amaraso-mashya-mu-butoza-amafoto/)

_2026-08-18 · Editor · Panorama_

Panorama Sports Ikipe ya APR F.C yitegura imikino itandukanye mu mwaka mushya w’imikino wa 2026/27 yamaze kongera amaraso mashya mu batoza bayo, aho yongereyemo umutoza wongerera ingufu Abakinnyi. Dr. Fouzir Mohamed umunya Morocco wari usanzwe atuye mu Bufaransa ari na ho yakoreraga, ni we wagizwe umutoza wongerera ingufu abakinnyi akaba afite ubumenyi buhagije muri ako \[…\]

## [CLI-first decentralized GPU compute (Sponsored)](https://crawlproof.com/a/nrls4CzkBwxM)

_2026-08-18 · **Sponsored**_

Pay workers or run your GPU for FFmpeg transcode and AI inference.

## [BK Premier League 2026/27: APR FC na Rayon Sports zizahura ku munsi wa cyenda](https://panorama.rw/bk-premier-league-2026-27-apr-fc-na-rayon-sports-zizahura-ku-munsi-wa-cyenda/)

_2026-08-17 · Daniel NIYONKURU · Panorama_

Ingengabihe y’umwaka w’imikino wa 2026/27 muri BK Premier League yashyizwe ahagaragara, aho umukino uzahuza APR FC na Rayon Sports uteganyijwe ku munsi wa cyenda wa shampiyona. Uyu mukino uzaba tariki ya 21 Ugushyingo 2026 kuri Stade Amahoro, aho Rayon Sports izaba yakiriye APR FC. Ni umwe mu mikino itegerejwe cyane n’abakunzi ba Basketball mu Rwanda, \[…\]

## [Meya Niyonagira yasabye ababyeyi gutangira kare imyiteguro y’umwaka w’amashuri](https://panorama.rw/meya-niyonagira-yasabye-ababyeyi-gutangira-kare-imyiteguro-yumwaka-wamashuri/)

_2026-08-17 · Daniel NIYONKURU · Panorama_

Umuyobozi w’Akarere ka Ngoma, Niyonagira Nathalie, yasabye ababyeyi gutangira hakiri kare gutegura ibikoresho by’abana, mu rwego rwo kubafasha gutangira umwaka w’amashuri wa 2026-2027 biteguye kandi batadindijwe no kubura ibikoresho. Meya Niyonagira yabigarutseho kuri uyu wa 17 Kanama 2026, mu kiganiro BIRAVUGWA gica kuri Fine FM 93.1, kigamije gufasha abaturage gukemura ibibazo ndetse no gukumira…

