# perezida (blogs) — RSS Amplifier

Recent posts from the 6 feeds in the RSS Amplifier directory that cover perezida.

Page: <https://rssamplifier.com/topics/perezida/blogs>  
Feed: <https://rssamplifier.com/topics/perezida/blogs.md>

---

## [Polisi ya Rwanda Yatangaza Ajira kwa Maofisa Cadet](https://rubanda.rw/Polisi-ya-Rwanda-Yatangaza-Ajira-kwa-Maofisa-Cadet)

_2026-08-18 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Amakuru_

Polisi ya Rwanda imetangaza kuwa inaanza kupokea maombi ya vijana wanaotaka kujiunga na Polisi katika ngazi ya Ofisa (Cadet). Waombaji wanatakiwa kujaza na kuwasilisha maombi yao mtandaoni (Online) kuanzia 19 Agosti 2026 hadi 31 Agosti 2026.

## [Samia: Mimi ndiye mwenye dhamana kuu ya uongozi wa nchi](https://rubanda.rw/samia-mimi-ndiye-mwenye-dhamana-kuu-ya-uongozi-wa-nchi)

_2026-08-14 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Politiki_

Rais wa Jamhuri ya Muungano wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan, ametoa kauli inayozua mjadala kuhusu nafasi yake ya uongozi na mamlaka ndani ya Serikali, akisisitiza kuwa yeye ndiye mwenye dhamana kuu ya uongozi wa nchi.

## [Ruhango:Umuganura wabaye umwanya wo kuganira ku bibangamiye umuryango](https://realrwanda.rw/ruhangoumuganura-wabaye-umwanya-wo-kuganira-ku-bibangamiye-umuryango)

_2026-08-14 · Editor · Amakuru agezweho &#45; : Amakuru_

## [Ngoma: Umuyobozi w’Akarere yagaragarije urubyiruko ingamba zarufasha kwiteza imbere](https://realrwanda.rw/ngoma-umuyobozi-wakarere-yagaragarije-urubyiruko-ingamba-zarufasha-kwiteza-imbere)

_2026-08-12 · Editor · Amakuru agezweho &#45; : Amakuru_

## [INEZA Spare Parts – Ibikoresho byizewe ku modoka n’imashini byawe](https://rubanda.rw/ineza-spare-parts-ibikoresho-byizewe-ku-modoka-nimashini-byawe)

_2026-08-12 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Ubukungu_

Ufite imodoka cyangwa imashini kandi ushaka spare parts nziza, zizewe kandi zagufasha gukomeza akazi kawe nta nkomyi.

## [Amabwiriza y&apos;Umujyi wa Kigali amaze imyaka icyenda, agiye gushyirwa mu bikorwa](https://rubanda.rw/amabwiriza-yumujyi-wa-kigali-amaze-imyaka-icyenda-agiye-gushyirwa-mu-bikorwa)

_2026-08-12 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Amakuru_

Umujyi wa Kigali watangaje ko hari amabwiriza yemejwe n'Inama njyanama y'Umujyi wa Kigali agasohoka mu igazeti ya Leta tariki ya 13 Gicurasi 2018 yerekeranye n'isuku muri ayo mabwiriza akaba ateganya ko umuntu udashyize mu bikorwa ibyo asabwa harimo gucibwa mande ndetse no nogufungirwa ibikorwa bye.

## [Uzafatwa abikwirakwiza azabihanirwa n&apos;amategeko&#45;Visi Meya Mukayiranga ku bahisha inzoga zitujuje ubuziranenge](https://realrwanda.rw/uzafatwa-abikwirakwiza-azabihanirwa-namategeko-visi-meya-mukayiranga-ku-bahisha-inzoga-zitujuje-ubuziranenge-1809)

_2026-08-11 · Editor · Amakuru agezweho &#45; : Amakuru_

## [Ibishyimbo bya Mushingiriro by’umwimerere biri ku isoko](https://rubanda.rw/ibishyimbo-bya-mushingiriro-byumwimerere-biri-ku-isoko)

_2026-08-10 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Ubukungu_

Umuhinzi wo mu Karere ka Kamonyi, Umurenge wa Gacurabwenge, afite umusaruro ungana na toni 2 z’ibishyimbo bya Mushingiriro, byeze neza kandi biteguye kugera ku muguzi.

## [ITANGAZO RYA KANYENZI USABA GUHINDUZA AMAZINA](https://realrwanda.rw/itangazo-rya-kanyenzi-usaba-guhinduza-amazina)

_2026-08-05 · Editor · Amakuru agezweho &#45; : Amakuru_

## [Mu Burayi bigisha abana gukemura ibibazo, ariko muri Afurika bigishwa ko Yesu ari we gisubizo&#45; Museveni](https://rubanda.rw/mu-burayi-bigisha-abana-gukemura-ibibazo-ariko-muri-afurika-bigishwa-ko-yesu-ari-we-gisubizo-museveni)

_2026-08-02 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Amakuru_

Perezida wa Uganda, , yavuze amagambo yakomeje guteza impaka ku mbuga nkoranyambaga ku bijyanye n'iterambere rya Afurika, aho yagaragaje ko umugabane wa Afurika utazabasha kwigobotora ibibazo by'ubukungu igihe cyose uzakomeza kwishingikiriza ku bitangaza aho gushakira ibisubizo ibibazo biwugarije.

## [Earn crypto for idle GPUs (Sponsored)](https://crawlproof.com/a/BCH5CmSWhkOg)

_2026-08-02 · **Sponsored**_

Run one CLI, host Qwen/Llama/Mistral, and earn BTC, ETH, SOL, or USDC

## [Umubare w&apos;Abanyeshuri Bata ishuri ushobora kwiyongera kubera ifunguro](https://rubanda.rw/umubare-wabanyeshuri-bata-ishuri-ushobora-kwiyongera-kubera-ifunguro)

_2026-08-01 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Uburezi_

Bamwe mu bayobozi b'ibigo by'Amashuri bagaragaje impungenge ko umubare w'Abanyeshuri bata ishuri ushobora kuziyongera bitewe n'impinduka zijyanye n'amafaranga Umubyeyi agiye kujya atanga y'ifunguro.

## [DIGP Ujeneza Aongoza Ujumbe wa Polisi ya Rwanda Eswatini](https://rubanda.rw/digp-ujeneza-aongoza-ujumbe-wa-polisi-ya-rwanda-eswatini)

_2026-08-01 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Amakuru_

Naibu Inspekta Jenerali wa Polisi ya Rwanda anayeshughulikia Utawala na Rasilimali Watu (DIGP), DCG Jeanne Chantal Ujeneza, ameongoza ujumbe wa Polisi ya Rwanda nchini Eswatini kushiriki maadhimisho ya 23 ya Siku ya Polisi ya Ufalme wa Eswatini.

## [Mu mafoto:Ibyaranze umuganda rusange mu turere twa Ngoma na Rwamagana](https://realrwanda.rw/mu-mafotoibyaranze-umuganda-rusange-mu-turere-twa-ngoma-na-rwamagana)

_2026-07-28 · Editor · Amakuru agezweho &#45; : Amakuru_

## [Janet Kagame amefungua Kituo cha Imbuto Hub wilayani Bugesera.](https://rubanda.rw/janet-kagame-amefungua-kituo-cha-imbuto-hub-wilayani-bugesera)

_2026-07-24 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Amakuru_

Janet Kagame amefungua Imbuto Hub, kituo kilichopo wilayani Bugesera, ambacho kimejengwa kwa ushirikiano kati ya Halmashauri ya Wilaya ya Bugesera na Imbuto Foundation. Kituo hicho kinalenga kuwawezesha vijana kwa kuwapatia fursa za kujifunza, kukuza ubunifu na ujuzi, pamoja na kutoa huduma zitakazonufaisha wananchi kwa ujumla.

## [Gen. Moses Ali, yitabye Imana afite imyaka 87](https://rubanda.rw/gen-moses-ali-yitabye-imana-afite-imyaka-87)

_2026-07-19 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Amakuru_

Uwahoze ari Minisitiri w'Intebe Wungirije wa Kabiri wa Uganda ndetse n'umunyapolitiki w'inararibonye, Gen. Moses Ali, yitabye Imana afite imyaka 87.

## [Umugabo w&apos;imyaka 86 yashakanye n&apos;uwahoze ari umugore w&apos;umuhungu we](https://rubanda.rw/umugabo-wimyaka-86-yashakanye-nuwahoze-ari-umugore-wumuhungu-we)

_2026-07-18 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Amakuru_

Klarensi Usakazi w'imyaka 86, utuye mu Akarere ka Bahi mu Ntara ya Dodoma muri Tanzania, yashakanye n'uwahoze ari umugore w'umuhungu we witwa Mary w'imyaka 20, nyuma y'uko uwo muryango uvugako utari ufite ubushobozi bwo gusubiza inkwano.

## [Abanyeshuri 20 bitabye Imana bazize impanuka y&apos;imodoka](https://rubanda.rw/abanyeshuri-20-bitabye-imana-bazize-impanuka-yimodoka)

_2026-07-18 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Uburezi_

Leta ya Uganda yatangaje ko ihagaritse by'agateganyo ingendo zose z'amashuri, zirimo n'urugendoshuri mu gihugu hose, kugeza igihe hazatangarizwa andi mabwiriza. Iki cyemezo gifashwe nyuma y'impanuka ikomeye ya bisi yahitanye abanyeshuri 20, ubwo bari mu rugendo rwo gutaha bavuye mu rugendoshuri rwabereye ku masumo ya Sipi Falls, mu burasirazuba bwa Uganda.

## [Ushirikiano wa Wananchi wajenga Rwanda Imara na yenye Umoja](https://rubanda.rw/ushirikiano-wa-wananchi-wajenga-rwanda-imara-na-yenye-umoja)

_2026-07-17 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Politiki_

Kamishna Mkuu wa FPR Inkotanyi, Balozi Christophe Bazivamo, katika Kongamano la wanachama Cha RPF Inkotanyi Tarehe 17 July 2026 alitoa hotuba akisisitiza kuwa kila mwanachama wa FPR Inkotanyi ana jukumu muhimu katika ujenzi na maendeleo ya Rwanda.

## [Ngoma:Bigoranye ikipe y&apos;abanyamakuru yatsinzwe n&apos;abakozi b&apos;akarere](https://realrwanda.rw/ngomabigoranye-ikipe-yabanyamakuru-yatsinzwe-nabakozi-bakarere)

_2026-07-17 · Editor · Amakuru agezweho &#45; INKURU ZIHERUKA_

## [Rwanda haitanyamaza&#45; Rais Kagame](https://rubanda.rw/rwanda-haitanyamaza-rais-kagame)

_2026-07-17 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Politiki_

Katika hotuba yenye uzito mkubwa kwenye Kongamano la wanachama Cha Kisiasa Cha RPF-Inkotanyi, kilicho fanyika Tarehe 17 July 2026, Rais Paul Kagame alitoa msimamo mkali kuhusu kuongezeka kwa mvutano katika eneo la Maziwa Makuu pamoja na vikwazo vinavyoendelea kuwekwa na mataifa ya Magharibi., Akasisitiza kuwa Rwanda haitanyamaza.

## [100,000 Bonus Points Await You (Sponsored)](https://crawlproof.com/a/QNxaqn5eM5KG)

_2026-07-17 · **Sponsored**_

Earn 100,000 bonus points after spending $5,000 in the first 3 months.

## [Bank igiye gusobanura inkomoko y&apos;amafaranga yakoreshejwe mu bukwe bwa Sylvester](https://rubanda.rw/bank-igiye-gusobanura-inkomoko-yamafaranga-yakoreshejwe-mu-bukwe-bwa-sylvester)

_2026-07-15 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Amakuru_

Banki Nkuru ya Tanzania (BOT) yatangaje ko mu minsi ya vuba izashyira ahagaragara itangazo ryayo ku mpaka zimaze iminsi zivugwa ku bukwe bwabereye i Katoro mu Ntara ya Geita, bwakuruye impaka zitandukanye ku mikoreshereze y'amafaranga.

## [Abayobozi b&apos;ibihugu bakurikirwa cyane ku mbuga nkoranyambaga](https://rubanda.rw/abayobozi-bibihugu-bakurikirwa-cyane-ku-mbuga-nkoranyambaga)

_2026-07-13 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Amakuru_

Donald Trump ni we uyoboye abandi bayobozi bose b'ibihugu ku rubuga rwa TikTok, aho akurikirwa n'abasaga miliyoni 16.7. Gusa, ku rubuga rwa X (rwahoze rwitwa Twitter), uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Barack Obama aracyamurusha umubare w'abamukurikira.

## [Tanzania igiye gufata ingamba zikomeye ku kinyamakuru BBC](https://rubanda.rw/tanzania-igiye-gufata-ingamba-zikomeye-ku-kinyamakuru-bbc)

_2026-07-13 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Politiki_

Guverinoma ya Tanzania yatangaje ko yababajwe n'inkuru yatangajwe ku wa 13 Nyakanga 2026 n'Ikigo cy'Itangazamakuru cy'u Bwongereza (BBC) binyuze muri gahunda ya BBC Africa Eye, ivuga ko ikubiyemo amakuru abogamye ku ruhande rumwe, adafite ibimenyetso bihagije, arimo ibura ry'amakuru y'ingenzi kandi agamije guharabika isura ya Tanzania ku rwego mpuzamahanga.

## [Tanzania: JAB yakajije ubugenzuzi ku banyamakuru batujuje ibisabwa n&apos;amategeko](https://rubanda.rw/tanzania-jab-yakajije-ubugenzuzi-ku-banyamakuru-batujuje-ibisabwa-namategeko)

_2026-07-12 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Amakuru_

Urwego rushinzwe kwemeza no gutanga ibyangombwa ku banyamakuru muri Tanzania (JAB) rwakajije ubugenzuzi bugamije kugenzura niba abanyamakuru hirya no hino mu gihugu bujuje ibisabwa n'amategeko n'umwuga.

## [Commonwealth wahaye Tanzania iminsi 30 yokuba yafunguye Tundu Lissu](https://rubanda.rw/commonwealth-wahaye-tanzania-iminsi-30-yokuba-yafunguye-tundu-lissu)

_2026-07-11 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Politiki_

Itsinda rya ba Minisitiri ba Commonwealth rishinzwe gukurikirana iyubahirizwa ry’indangagaciro z’uwo muryango (Commonwealth Ministerial Action Group - CMAG) ryateranye mu nama yihutirwa ya 73 kuri uyu wa 10 Nyakanga 2026, risohora itangazo risoza iyo nama (Concluding Statement). Igice kinini cy'iryo tangazo cyibanze ku isesengura ry'imiterere ya politiki n'iyubahirizwa ry'uburenganzira bwa muntu…

## [Amajyepfo :Ibikorwa by’ingenzi by’ingabo na Polisi by’U Rwanda byo gufasha abaturage no kwizihiza umunsi wo kwibohora32 {Amafoto}](https://realrwanda.rw/amajyepfo-ibikorwa-byingenzi-byingabo-na-polisi-byu-rwanda-byo-gufasha-abaturage-no-kwizihiza-umunsi-wo-kwibohora32-amafoto)

_2026-07-05 · Editor · Amakuru agezweho &#45; : Amakuru_

## [Ngoma:Ababyeyi barasabwa kurinda abana babo ibirura byiteguye kubashukisha amafaranga mu biruhuko](https://realrwanda.rw/ngomaababyeyi-barasabwa-kurinda-abana-babo-ibirura-byiteguye-kubashukisha-amafaranga-muri-ibi-biruhuko)

_2026-06-30 · Editor · Amakuru agezweho &#45; : Amakuru_

## [Muhanga:Hemejwe ingengo y&apos;imari y&apos;umwaka utaha yiyongereyeho miliyoni 836 Frw ku y&apos;umwaka ushize](https://realrwanda.rw/muhangahemejwe-ingengo-yimari-yumwaka-utaha-yiyongereyeho-miliyoni-836-frw-kuyumwaka-ushize)

_2026-06-30 · Editor · Amakuru agezweho &#45; : Amakuru_

## [Ishyaka Green Party ryashimangiye ko kwegera abaturage ariyo ntego](https://rubanda.rw/ishyaka-green-party-ryashimangiye-ko-kwegera-abaturage-ariyo-ntego)

_2026-06-28 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Politiki_

Ishyaka Riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda DGPR, ryashimangiye ko kwegera abaturage ariyo ntego, rinasaba Abarwanashyaka baryo gukomeza kwitabira gahunda zitandukanye za Leta.

## [Burera: Green Party yashyizeho inzego zayo mu Mirenge ya Gahunga na Kinoni](https://rubanda.rw/burera-green-party-yashyizeho-inzego-zayo-mu-mirenge-ya-gahunga-na-kinoni)

_2026-06-26 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Politiki_

Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 26 Kamena, Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda (Rwanda Green Party) ryakomeje gahunda yo gushyiraho inzego zaryo ku rwego rw’umurenge mu Mirenge ya Gahunga na Kinoni, iherereye mu Karere ka Burera mu Ntara y’Amajyaruguru.

## [Marketplace for AI-Powered Professionals (Sponsored)](https://crawlproof.com/a/QGeDtZrqeOZs)

_2026-06-26 · **Sponsored**_

Find professionals who use ChatGPT, Copilot, and Claude to deliver work faster.

## [Igiciro cy&apos;ibikomoka kuri Peteroli cyamanutse cyane ku buryo butabayeho amato muri Hormuz ni uruvunganzoka](https://realrwanda.rw/igiciro-cyibikomoka-kuri-peteroli-cyamanutse-cyane-ku-buryo-butabayeho-amato-muri-hormuz-ni-uruvunganzoka)

_2026-06-25 · Editor · Amakuru agezweho &#45; INKURU ZIHERUKA_

## [PAC Yaanza Kusikiliza Hadharani Taasisi Zilizotajwa Katika Ripoti ya Mkaguzi Mkuu wa Hesabu za Serikali](https://rubanda.rw/pac-yaanza-kusikiliza-hadharani-taasisi-zilizotajwa-katika-ripoti-ya-mkaguzi-mkuu-wa-hesabu-za-serikali)

_2026-06-25 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Ubukungu_

Kamati ya Bunge ya Kusimamia Matumizi ya Fedha na Mali za Umma (PAC)hii leo Tarehe 25 Juni 2026 imeanza kusikiliza hadharani taasisi zilizobainika kuwa na makosa katika ripoti ya Mkaguzi Mkuu wa Hesabu za Serikali.

## [Banki Nkuru y’u Rwanda irasaba abafite inguzanyo kuganira n’ibigo by’imari mbere yo kugera ku cyamunara.](https://rubanda.rw/banki-nkuru-yu-rwanda-irasaba-abafite-inguzanyo-kuganira-nibigo-byimari-mbere-yo-kugera-ku-cyamunara)

_2026-06-23 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Ubukungu_

Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) irakangurira abaturage bafashe inguzanyo mu mabanki no mu bindi bigo by’imari kujya bihutira kugana abo bafitanye amasezerano y’inguzanyo igihe bahuye n’imbogamizi zibabuza gukomeza kwishyura nk’uko byari biteganyijwe.

## [Green Party yakomereje i Burera gahunda yo gushyiraho inzego zayo ku rwego rw’imirenge](https://rubanda.rw/green-party-yakomereje-i-burera-gahunda-yo-gushyiraho-inzego-zayo-ku-rwego-rwimirenge)

_2026-06-21 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Politiki_

Kuri iki Cyumweru, tariki ya 21 Kamena 2026, Ishyaka Democratic Green Party of Rwanda ryakomereje gahunda yo gushyiraho no gukomeza inzego zaryo ku rwego rw’imirenge, aho ibikorwa byabereye mu Mirenge ya Kagogo na Kinyababa yo mu Karere ka Burera.

## [Dr Frank Habineza yasabye abayoboke ba Green Party gutanga ibitekerezo byubaka](https://rubanda.rw/dr-frank-habineza-yasabye-abayoboke-ba-green-party-gutanga-ibitekerezo-byubaka)

_2026-06-20 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Politiki_

Mu muhango wo gutangiza gahunda yo gushyiraho inzego z’Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda (DGPR) ku rwego rw’umurenge, wabereye mu karere ka Burera kuri uyu wagatandatu tariki 20 Kamena 2026. Perezida w’iri shyaka, Hon Senater Dr Frank Habineza, yasabye abarwanashyaka gutanga ibitekerezo byubaka ndetse no kumenya amateka y’ishyaka, indangagaciro zaryo, n’intego…

## [Nyamasheke: Deregiteri yirukanwe mu kazi azira kwicisha abana Inzara](https://rubanda.rw/nyamasheke-deregiteri-yirukanwe-mu-kazi-azira-kwicisha-abana-inzara)

_2026-06-17 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Uburezi_

Umuyobozi w’Ishuri ribanza rya Gashirabwoba yirukanwe azira kwicisha abanyeshuri inzara no kutubahiriza inshingano.

## [Umunyeshuri wa Kaminuza yatawe muri yombi azira kwica umukunzi we akoresheje lisansi](https://rubanda.rw/umunyeshuri-wa-kaminuza-yatawe-muri-yombi-azira-kwica-umukunzi-we-akoresheje-lisansi)

_2026-06-14 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Uburezi_

Polisi yo mu Ntara ya Dodoma muri Tanzania yatangaje ko yataye muri yombi Filbert Philimon w’imyaka 23, umunyeshuri wa Kaminuza ya St. John’s, akekwaho kugira uruhare mu gutwika inzu byateje urupfu rw’abanyeshuri babiri, Rebeka James na Felister Peter.

## [Green Party yongeye gushimangira ko Transit Centers zikwiye kuvaho](https://rubanda.rw/green-party-yongeye-gushimangira-ko-transit-centers-zikwiye-kuvaho)

_2026-06-14 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Politiki_

Ishyaka riharanira Demokara no kurengera ibidukikije mu Rwanda DGPR ryongeye gushimangira ko ibigo binyuzwamo abantu by'igihe gito ( Transit Centers) bikwiye kuvaho nkuko byatangajwe na Perezida w'Ishyaka Hon Senateri Dr Frank Habineza.

## [Perezida Kagame yakuyeho abaminisitiri batatu barimo uw&apos;ubucuruzi n&apos;inganda](https://realrwanda.rw/perezida-kagame-yakuyeho-abaminisitiri-batatu-barimo-uwubucuruzi-ninganda)

_2026-06-10 · Editor · Amakuru agezweho &#45; : Amakuru_

## [Perezida Samia yahawe impamyabunyi y&apos;ikirenga y&apos;Icyubahiro](https://rubanda.rw/perezida-samia-yahawe-impamyabunyi-yikirenga-yicyubahiro)

_2026-06-04 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Uburezi_

Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan, yahawe Impamyabumenyi y’Ikirenga y’Icyubahiro PhD (Honorary Doctorate – Honoris Causa) n’RUDN University mu muhango wabereye i Moscow mu Burusiya ku wa 4 Kamena 2026.

## [Mu burezi hakomeje kuvugwamo ruswa](https://rubanda.rw/mu-burezi-hakomeje-kuvugwamo-ruswa)

_2026-05-28 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Uburezi_

Ruswa ikomeje kuba imbogamizi ikomeye mu rwego rw’uburezi muri Afurika, aho ibangamira uburyo bwo kubona serivisi z’uburezi, ihungabanya uburinganire ndetse ikanagira ingaruka ku ireme ry’ubumenyi abanyeshuri bahabwa.

## [Mukomeze kuba abanyamwuga ndetse no kwicisha bugufi&#45;Perezida Kagame](https://realrwanda.rw/mukomeze-kuba-abanyamwuga-ndetse-no-kwicisha-bugufi-perezida-kagame)

_2026-05-27 · Editor · Amakuru agezweho &#45; : Amakuru_

## [Radio VOICE FM yatangije ibikorwa byayo i Rwamagana mu Burasirazuba](https://rubanda.rw/radio-VOICE-fm-yatangije-ibikorwa-byayo-i-rwamagana-mu-burasirazuba)

_2026-05-26 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Ubukungu_

Mu rwego rwo kurushaho kwegereza abaturage amakuru n’ibiganiro bibafitiye akamaro, Radio VOICE FM yatangiye ibikorwa byayo mu mujyi wa Rwamagana, aho yashinze icyicaro gikuru., Iyi radio nshya iri kumvikana ku murongo wa 94.5 FM, ikaba igamije kuziba icyuho cyari kiri mu itangazamakuru ryegereye abaturage bo mu Ntara y’Iburasirazuba.

## [Namibia yamaze kwishyura Umwenda yari ifitiye IMF](https://rubanda.rw/namibia-yamaze-kwishyura-umwenda-yari-ifitiye-imf)

_2026-05-01 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Ubukungu_

Perezida wa Namibia, Netumbo Nandi-Ndaitwah, yayoboye iki gihugu kugera ku ntambwe ikomeye mu bukungu, aho cyarangije kwishyura umwenda cyari gifitiye Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari, International Monetary Fund (IMF). Namibia yishyuye amafaranga angana na miliyoni 23.9 z’amadolari ya Amerika, igikorwa kigamije kugabanya umutwaro w’imyenda y’amahanga no gukomeza gushimangira ubukungu bw’icyo gihugu.

## [Ishyaka Green Party ryoroje abarwanashyaka baryo bo mu karere ka Gicumbi](https://rubanda.rw/ishyaka-green-party-ryoroje-abarwanashyaka-baryo-bo-mu-karere-ka-gicumbi)

_2026-04-26 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Ubukungu_

Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda ( DGPR-Green Party) rikomeje bikorwa byo koroza abarwanashyaka baryo, amatungo magufi hagamijwe guhanga imirimo mishya ibyara inyungu.

## [Kirehe: Meya yavuze ku mwarimu wasezeye nyuma yaho afunguwe](https://rubanda.rw/kirehe-meya-yavuze-ku-mwarimu-wasezeye-nyuma-yaho-afunguwe)

_2026-03-26 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Uburezi_

Umuyobozi w'Akarere ka Kirehe Bruno Rangira yavuze ko yakurikiranye ikibazo cy'abanyeshuri biga ku Kigo cy'Amashuri yisumbuye cya APENA TSS aho hari abanyeshuri biga mu ishami rya Software Development bagiye kumara igihembwe nta mwarimu bafite.

## [Juba yaomba kuongezwa Muda wa kuhifadhi Mizigo](https://rubanda.rw/juba-yaomba-kuongezwa-Muda-wa-kuhifadhi-mizigo)

_2025-11-09 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Ubukungu_

Serikali ya Sudan Kusini, ambayo ni mtumiaji wa pili kwa ukubwa wa bandari ya Mombasa nchini Kenya, imeitaka serikali ya Kenya kuongeza muda wa kuhifadhi mizigo bandarini ili kuimarisha biashara kati ya nchi hizo mbili.

## [Meya yamaganye umwarimu bikekwa ko yibye ibiryo by&apos;abanyeshyuri](https://rubanda.rw/meya-yamaganye-umwarimu-bikekwa-ko-yibye-ibiryo-byabanyeshyuri)

_2025-11-07 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Uburezi_

Umuyobozi w'Akarere ka Ngoma Niyonagira Nathalie yamaganye Umwarimu ukekwaho kwiba ibiryo by'abanyeshyuri ku rw'unge rw'Amashuri rwa Kibare yambere mu Murenge wa Mugesera, aho Mayor yavuze ko abakora ibyo bagomba kubireka kuko hari Amategeko abihana.

## [Vigogo sita wa Chama CCM tayari wamechukua fomu kuwania nafasi ya Spika wa Bunge](https://rubanda.rw/vigogo-sita-wa-chama-ccm-tayari-wamechukua-fomu-kuwania-nafasi-ya-spika-wa-bunge)

_2025-11-07 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Uburezi_

Taarifa zinaonyesha kuwa vigogo sita wa Chama Cha Mapinduzi (CCM) tayari wamechukua fomu kuwania nafasi ya Spika wa Bunge la Jamhuri ya Muungano wa Tanzania, nafasi ambayo inatarajiwa kuwa na ushindani mkubwa mwaka huu.

## [Ibiti n&apos;amazi ntabwo aribyo bigize ibidukikije gusa &#45; Abayisenga Papy Moise](https://rubanda.rw/ibiti-namazi-ntabwo-aribyo-bigize-ibidukikije-gusa-abayisenga-papy-moise)

_2025-10-31 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Ubukungu_

Abayisenga Papy Moise umuyobozi w'urubyiruko wungirije mu ntara y'Iburengerazuba mu ishyaka (DGPR) Green Party of Rwanda DGPR , yasobanuriye abarwanashyaka by'umwihariko urubyiruko, yuko ibiti n'amazi ataribyo bigize ibidukikije gusa, ahubwo ko Amazi n'ikirere nabyo biri mu bigize ibidukikije.

