# muri (news sources) — RSS Amplifier

Recent posts from the 3 feeds in the RSS Amplifier directory that cover muri.

Page: <https://rssamplifier.com/topics/muri/news>  
Feed: <https://rssamplifier.com/topics/muri/news.md>

---

## [Jonathan Bacogoza yateguje indirimbo 'Yangiriye Neza' igiye kumugarura mu muziki byeruye](https://paradise.rw/Jonathan-Bacogoza-yateguje-indirimbo-Yangiriye-Neza-igiye-kumugarura-mu-muziki.html)

_2026-08-21 · Jean D'Amour Habiyakare (Amourkare) · Tpn_

Umuhanzi w'umuziki wa Gospel, Jonathan Bacogoza, agiye kugaruka mu ruhando rwa muzika byeruye agaruwe n'indirimbo nshya yise “Yangiriye Neza” izajya hanze mu minsi ya vuba. Iyi ndirimbo izasohoka ku wa 26 Kanama 2026, nyuma y'umwaka yari amaze adasohora indirimbo nshya. Avuga ko iyi ndirimbo ari ubutumwa bw'ishimwe no kwizera Imana, kandi ko ishingiye ku rugendo rwe n'ibyo yagiye anyuramo.…

## [Cold Solution Rwanda yatangiye gutunganya no gukonjesha avoka n’izindi mbuto](https://rebero.rw/2026/08/21/cold-solution-rwanda-yatangiye-gutunganya-no-gukonjesha-avoka-nizindi-mbuto/?utm_source=rss&#038;utm_medium=rss&#038;utm_campaign=cold-solution-rwanda-yatangiye-gutunganya-no-gukonjesha-avoka-nizindi-mbuto)

_2026-08-21 · Rebero · Rebero_

Ikigo Cold Solution Rwanda gitanga serivisi zo gutunganya no kubika ibicuruzwa bikenera ubukonje bwihariye, birimo imboga n’imbuto, cyatangaje The post Cold Solution Rwanda yatangiye gutunganya no gukonjesha avoka n’izindi mbuto appeared first on Rebero .

## [Abanya-Sudani y’Epfo batangiye neza CECAFA y’Abagore](https://umuseke.rw/abanya-sudani-yepfo-batangiye-neza-cecafa-yabagore/)

_2026-08-21 · HABIMANA Sadi · UMUSEKE_

Yei Joint Stars FC yo muri Sudani y’Epfo, yatsinze Denden FC yo muri Eritrea ibitego 3-0 mu mukino wa mbere wo mu itsinda A muri CAF Women Champions League CECAFA Qualifiers 2026. Ni umukino wabereye kuri Kigali Pelé Stadium guhera Saa Saba z’amanywa. Abanya-Sudani y’Epfo, batangiye iri rushanwa neza ndetse basoza igice cya Mbere bayoboye \[…\]

## [Urubyiruko rwa Afurika ruri kwigishwa uko AI yaba isoko y&#8217;ubukire](https://umuseke.rw/urubyiruko-rwa-afurika-ruri-kwigishwa-uko-ai-yaba-isoko-yubukire/)

_2026-08-21 · TUYISHIMIRE RAYMOND · UMUSEKE_

Mu Rwanda hatangiye inama y’iminsi itatu irebera hamwe uko urubyiruko rwa Afurika,rwahanga udushya bakoresheje ubwenge buhangano. Ni inama yiswe ‘AIESEC Alumni MEA Conference yatangiye 21-23 Kanama 2026,yiga uko urubyiruko rwatera imbere mu ikoranabuhanga no guhanga udushya,bagendeye ku ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano,AI. Iyi nama iri guhuza ibihugu 20 byo muri Afurika y’Iburasirazuba no mu…

## [Yei Joint Star FC na Denden FC bafunguye imikino ya CAF Women’s Champions League CECAFA Qualifiers 2026](https://rebero.rw/2026/08/21/yei-joint-star-fc-na-denden-fc-bafunguye-imikino-ya-caf-womens-champions-league-cecafa-qualifiers-2026/?utm_source=rss&#038;utm_medium=rss&#038;utm_campaign=yei-joint-star-fc-na-denden-fc-bafunguye-imikino-ya-caf-womens-champions-league-cecafa-qualifiers-2026)

_2026-08-21 · Jean Pierre · Rebero_

Abakinnyi ba Yei Joint Star FC yo muri Sudani y’Epfo na Denden FC yo muri Eritrea ni bo The post Yei Joint Star FC na Denden FC bafunguye imikino ya CAF Women’s Champions League CECAFA Qualifiers 2026 appeared first on Rebero .

## [Yanga Princess yaguze undi Munyarwandakazi](https://umuseke.rw/yanga-princess-yaguze-undi-munyarwandakazi/)

_2026-08-21 · HABIMANA Sadi · UMUSEKE_

Nyuma yo guhirwa na Mukandayisenga Jeanine uzwi ku izina rya ‘Kaboy’, Yanga Princess yo muri Tanzania yaguze undi Munyarwandkazi, Mutuyimana Sandrine wakiniraga Inyemera WFC. Ni amakuru yemejwe n’iyi kipe iri muri ebyiri zikomeye muri ruhago muri Tanzania, ibicishije ku rukuta rwayo rwa Instagram. Bagize bati “Ikaze Mutuyimana Sandrine.” Ntabwo iyi kipe yatangaje ingano y’amasezerano uyu \[…\]

## [Rayvanny yashyize hanze indirimbo “Rwanda” avuga ku buranga bw’Abanyarwandakazi](https://rebero.rw/2026/08/21/rayvanny-yashyize-hanze-indirimbo-rwanda-avuga-ku-buranga-bwabanyarwandakazi/?utm_source=rss&#038;utm_medium=rss&#038;utm_campaign=rayvanny-yashyize-hanze-indirimbo-rwanda-avuga-ku-buranga-bwabanyarwandakazi)

_2026-08-21 · Rebero · Rebero_

Umuhanzi Rayvanny uri mu bakomeye muri Tanzania no mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba yashyize hanze indirimbo nshya yise The post Rayvanny yashyize hanze indirimbo “Rwanda” avuga ku buranga bw’Abanyarwandakazi appeared first on Rebero .

## [Ubuhinzi bwifashisha ikoranabuhanga: Sensors zifasha kumenya igihe n’ingano y’amazi imyaka ikeneye](https://rebero.rw/2026/08/21/ubuhinzi-bwifashisha-ikoranabuhanga-sensors-zifasha-kumenya-igihe-ningano-yamazi-imyaka-ikeneye/?utm_source=rss&#038;utm_medium=rss&#038;utm_campaign=ubuhinzi-bwifashisha-ikoranabuhanga-sensors-zifasha-kumenya-igihe-ningano-yamazi-imyaka-ikeneye)

_2026-08-21 · Jean Pierre · Rebero_

Ubushakashatsi bushya ku buhinzi bwo mu mijyi burimo gukoresha ibyuma by’ikoranabuhanga bipima ubuhehere buri mu butaka muri Leta The post Ubuhinzi bwifashisha ikoranabuhanga: Sensors zifasha kumenya igihe n’ingano y’amazi imyaka ikeneye appeared first on Rebero .

## [Umuhindo wa 2026 uteganyijwemo imvura nyinshi kurusha isanzwe](https://umuseke.rw/umuhindo-wa-2026-uteganyijwemo-imvura-nyinshi-kurusha-isanzwe/)

_2026-08-21 · MUGIRANEZA THIERRY · UMUSEKE_

Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere (Meteo Rwanda) cyatangaje ko mu gihembwe cy’imvura y’Umuhindo kuva mu kwezi kwa Nzeri kugeza nu Ukuboza muri 2026, giteganyijwemo imvura iri hagati ya milimetero 300 na 1000, ikaba iri hejuru y’impuzandengo nibura y’imyaka 30 y’imvura isanzwe igwa mu Muhindo. Impuzandengo y’imvura isanzwe igwa mu Muhindo iri hagati ya milimetero \[…\]

## [Indonesia: Abantu 4 bakubiswe inkoni 100 mu ruhame bazira kuryamana batarashyingiranywa](https://paradise.rw/Imyaka-6-yose-itegerejwe-nka-Mesiya-Eric-Twishime-na-Ami-Prince-batanze.html)

_2026-08-21 · Pacifique Iraguha · Tpn_

Abantu 11 bakubiswe inkoni mu ruhame muri Banda Aceh, mu ntara ya Aceh muri Indonesia, bazira kurenga ku mategeko ya Sharia akurikizwa muri iyo ntara. Muri bo, abagabo babiri n'abagore babiri bakubiswe inkoni 100 buri wese, nyuma yo guhamwa n'icyaha cyo gukora imibonano mpuzabitsina batarashyingirwa. Ibi bihano byatanzwe ku wa 20 Kanama 2026, muri pariki ya Bustanul Salatin i Banda Aceh, imbere…

## [Persona-led AI publishing (Sponsored)](https://crawlproof.com/a/EC3qtr9M30Zy)

_2026-08-21 · **Sponsored**_

Generate drafts, schedule subdomain publishing, and keep human review where needed.

## [Rwanda U-15 y’abakobwa yegukanye igikombe cya FEASSA 2026 muri Handball](https://rebero.rw/2026/08/21/rwanda-u-15-yabakobwa-yegukanye-igikombe-cya-feassa-2026-muri-handball/?utm_source=rss&#038;utm_medium=rss&#038;utm_campaign=rwanda-u-15-yabakobwa-yegukanye-igikombe-cya-feassa-2026-muri-handball)

_2026-08-21 · Jean Pierre · Rebero_

Ikipe y’u Rwanda y’abakobwa batarengeje imyaka 15 yegukanye igikombe cya FEASSA 2026 muri Handball, nyuma yo gutsinda Ndua The post Rwanda U-15 y’abakobwa yegukanye igikombe cya FEASSA 2026 muri Handball appeared first on Rebero .

## [Ni nk'umwana uvutse: Sauti Hewani Ministries yashyize hanze indirimbo 'Irembo' nyuma y'igihe itegerejwe](https://paradise.rw/Ni-nk-umwana-uvutse-Sauti-Hewani-Ministries-yashyize-hanze-indirimbo-Irembo.html)

_2026-08-21 · Pastor Rugamba Erneste · Tpn_

Korali Sauti Hewani Ministries yashyize hanze indirimbo nshya yise “Irembo”, nyuma y'igihe kitari gito yari imaze iteguza abakunzi bayo iki gihangano. Ni indirimbo yari imaze igihe itegerejwe, cyane cyane nyuma y'uko Sauti Hewani Ministries ishyize hanze umusogongero wayo, igatumira abakunzi bayo gutegereza indirimbo yuzuye. Nk'uko Paradise yari yarabibasezeranyije mu gihe cy'itegurwa ry'uyu…

## [Abatuye Huye basaba igisubizo kirambye ku bana bo ku muhanda](https://rebero.rw/2026/08/21/abatuye-huye-basaba-igisubizo-kirambye-ku-bana-bo-ku-muhanda/?utm_source=rss&#038;utm_medium=rss&#038;utm_campaign=abatuye-huye-basaba-igisubizo-kirambye-ku-bana-bo-ku-muhanda)

_2026-08-21 · Rebero · Rebero_

Ikibazo cy’abana bo ku muhanda gikomeje gutera impungenge bamwe mu batuye Umujyi wa Huye, bavuga ko hari abana The post Abatuye Huye basaba igisubizo kirambye ku bana bo ku muhanda appeared first on Rebero .

## [Perezida Paul Biya wa Cameroon yagarutse i Yaoundé nyuma y’iminsi isaga 70 mu mahanga](https://rebero.rw/2026/08/21/perezida-paul-biya-wa-cameroon-yagarutse-i-yaounde-nyuma-yiminsi-isaga-70-mu-mahanga/?utm_source=rss&#038;utm_medium=rss&#038;utm_campaign=perezida-paul-biya-wa-cameroon-yagarutse-i-yaounde-nyuma-yiminsi-isaga-70-mu-mahanga)

_2026-08-21 · Rebero · Rebero_

Perezida wa Cameroon, Paul Biya, w’imyaka 93, yagarutse mu murwa mukuru Yaoundé nyuma yo kumara ibyumweru bisaga 10 The post Perezida Paul Biya wa Cameroon yagarutse i Yaoundé nyuma y’iminsi isaga 70 mu mahanga appeared first on Rebero .

## [U Burundi bwongeye guhisha inyubako z’ubucuruzi](https://umuseke.rw/u-burundi-bwongeye-guhisha-inyubako-zubucuruzi/)

_2026-08-21 · MUGIRANEZA THIERRY · UMUSEKE_

Inyubako ebyiri nini z’ubucuruzi mu Mujyi wa Bujumbura mu Burundi zizwi nka Gallerie Ndayizamba na Le Parisien, zafashwe n’inkongi y’umuriro ikomeye zirashya zirakongoka n’ibyari bizirimo. Ni inkongi yatangiye mu masaha ya mu gitondo kuri uyu wa Gatanu tariki 21 Kanama 2026. Amashusho yakwirakwiriye ku mbuga nkoranyambaga yagaragaje umwotsi mwinshi w’umukara wakwiriye mu kirere cya Bujumbura. \[…\]

## [GTA VI yabaye impamvu idasanzwe ituma abasirikare bo muri Amerika bongera amasezerano y’akazi](https://rebero.rw/2026/08/21/gta-vi-yabaye-impamvu-idasanzwe-ituma-abasirikare-bo-muri-amerika-bongera-amasezerano-yakazi/?utm_source=rss&#038;utm_medium=rss&#038;utm_campaign=gta-vi-yabaye-impamvu-idasanzwe-ituma-abasirikare-bo-muri-amerika-bongera-amasezerano-yakazi)

_2026-08-21 · Rebero · Rebero_

Abasirikare bo muri Batayo ya 9 y’Abashinzwe Ubwubatsi, ikorera ku kigo cya gisirikare cya Fort Stewart muri Leta The post GTA VI yabaye impamvu idasanzwe ituma abasirikare bo muri Amerika bongera amasezerano y’akazi appeared first on Rebero .

## [Inkongi y’umuriro yibasiye Galerie Ndayizamba i Bujumbura](https://rebero.rw/2026/08/21/inkongi-yumuriro-yibasiye-galerie-ndayizamba-i-bujumbura/?utm_source=rss&#038;utm_medium=rss&#038;utm_campaign=inkongi-yumuriro-yibasiye-galerie-ndayizamba-i-bujumbura)

_2026-08-21 · Rebero · Rebero_

Inkongi y’umuriro yibasiye inyubako y’ubucuruzi izwi nka Galerie Ndayizamba, iherereye mu Mujyi wa Bujumbura mu Burundi, mu gitondo The post Inkongi y’umuriro yibasiye Galerie Ndayizamba i Bujumbura appeared first on Rebero .

## [Urubyiruko rwo muri Gisagara rwahisemo ubworozi nk’akazi kabateza imbere](https://rebero.rw/2026/08/21/urubyiruko-rwo-muri-gisagara-rwahisemo-ubworozi-nkakazi-kabateza-imbere/?utm_source=rss&#038;utm_medium=rss&#038;utm_campaign=urubyiruko-rwo-muri-gisagara-rwahisemo-ubworozi-nkakazi-kabateza-imbere)

_2026-08-21 · Rebero · Rebero_

Urubyiruko rwo mu Karere ka Gisagara rwashoye imari mu bworozi bw’amatungo magufi, ruvuga ko ubu bikorwa bibafasha kubona The post Urubyiruko rwo muri Gisagara rwahisemo ubworozi nk’akazi kabateza imbere appeared first on Rebero .

## [Kigali &#8211; Bavuga ko &#8216;ubugabo bwarwaye cancer&#8217;, bagasaba umuhisi n&#8217;umugenzi](https://umuseke.rw/polisi-yataye-muri-yombi-uwashinze-itsinda-ryabasabiriza-bavuga-ko-barwaye-ubugabo/)

_2026-08-21 · TUYISHIMIRE RAYMOND · UMUSEKE_

Polisi y’u Rwanda mu Mujyi wa Kigali yerekanye Nsabimana Janvier wari warashinze itsinda ry’abantu 15 basabirizaga mu bice bitandukanye by’igihugu ,babeshya ko barwaye kanseri ku bugabo. Polisi ivuga ko yafataga acide akayishyira ku myanya y’ibanga y’abagabo kugira ngo bagaragaze ko barwaye kanseri, maze abaturage bakabaha amafaranga bitaga ayo kwivuza ku buryo ku munsi yinjizaga miliyoni \[…\]

## [Imyaka 6 yose itegerejwe: Eric Twishime na Ami Prince batanze inkomezi mu ndirimbo 'Umunyempaka'](https://paradise.rw/Imyaka-6-yose-itegerejwe-nka-Mesiya-Eric-Twishime-na-Ami-Prince-batanze-6793.html)

_2026-08-21 · Ev. Frodouard Uwifashije \[Obededomu\] · Tpn_

Umuramyi Eric Twishime yashyize hanze indirimbo nshya yise “Umunyempaka”, yakoranye na Ami Prince, umwe mu baramyi bazwi muri Gisubizo Ministry. Iyi ndirimbo ifite umwihariko mu rugendo rwa Eric Twishime, kuko yayimazemo imyaka igera kuri itandatu ayikoraho. Avuga ko atayifata nk'indirimbo isanzwe, ahubwo ko ari ishimwe n'ubuhamya bw'isomo Imana yamwigishije mu gihe yamaze ategereje ko isohoka,…

## [Make any domain metal (Sponsored)](https://crawlproof.com/a/donQYWlXOxkN)

_2026-08-21 · **Sponsored**_

Turn any domain into a blacked-out metal landing page with an email waitlist

## [MINAGRI yatanze icyizere mu gufasha abahinzi kugabanya umusaruro wangirika](https://umuseke.rw/minagri-yatanze-icyizere-mu-gufasha-abahinzi-kugabanya-umusaruro-wangirika/)

_2026-08-21 · TUYISHIMIRE RAYMOND · UMUSEKE_

Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi (MINAGRI), yagaragaje ko mu rwego rwo kugabanya umusaruro wangirika, yatangiye gufasha abahinzi kubona ibikorwaremezo bibafasha guhunika imyaka ndetse n’ubwanikiro buhagije, ibasaba gufata neza umusaruro. Byagarutsweho ubwo kuwa 20 Kamena 2026, Ihuriro ry’Imiryango Nyarwanda ishyigikira ibikorwa by’amajyambere y’ibanze, CCOAIB, MINAGRI n’abandi bafatanyabikorwa…

## [Stellar Gospel Music Awards 2026: Lisa Knowles-Smith na Darrel Walls biganje mu begukanye ibihembo](https://paradise.rw/Stellar-Gospel-Music-Awards-2026-Lisa-Knowles-Smith-na-Darrel-Walls-biganje-mu.html)

_2026-08-21 · Ev. Frodouard Uwifashije \[Obededomu\] · Tpn_

Stellar Gospel Music Awards 2026, kimwe mu birori bikomeye bihemba abahanzi n'abakora umuziki wa Gospel muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, cyongeye guhuriza hamwe amazina akomeye muri Gospel, aho Lisa Knowles-Smith, Darrel Walls na Vincent Bohanan & SOV bari mu bigaragaje cyane. Ibi birori byabaye ku nshuro ya 41, bibera i Charlotte muri Leta ya North Carolina, ku wa 15 Kanama 2026. Ibihembo…

## [Igisirikare cya Congo kigambye guhanura drone ya AFC/M23](https://umuseke.rw/igisirikare-cya-congo-kigambye-guhanura-drone-ya-afc-m23/)

_2026-08-20 · Ange Eric Hatangimana · UMUSEKE_

Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) zatangaje ko zahanuye indege nto itagira umupilote y’ubwiyahuze (kamikaze drone) mu misozi miremire yo muri Fizi. Kuri uyu wa Kane, tariki ya 20 Kanama 2026, mu gace ka Ruyengo, muri Teritwari ya Fizi muri Kivu y’Amajyepfo niho iriya drone yahanuriwe nk’uko igisirikare cya Congo kibivuga. Iyi ndege, \[…\]

## [Min Utumatwishima yasabye urubyiruko rw&#8217;Afurika kwanga ubukene](https://umuseke.rw/min-utumatwishima-yasabye-urubyiruko-rwafurika-kwanga-ubukene/)

_2026-08-20 · Elisée MUHIZI · UMUSEKE_

Mu ijambo Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’ubuhanzi, Dr Utumatwishima Abdallah yajyejeje ku rubyiruko rw’Afurika, yabasabye kwanga ubukene ahubwo bagashyira imbere umurimo. Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’ubuhanzi, Dr Utumatwishima Abdallah yabibwiye urubyiruko rw’Afurika harimo abo mu Rwanda, Kenya, Uganda, Ghana, na Zimbabwe bagera kuri 350. Minisitiri Utumatwishima avuga ko…

## [CAF yateye utwatsi icyifuzo cya APR FC](https://umuseke.rw/caf-yateye-utwatsi-icyifuzo-cya-apr-fc/)

_2026-08-20 · HABIMANA Sadi · UMUSEKE_

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru ku Mugabane wa Afurika, CAF, yasubije APR FC iyibwira ko ubusabe bwayo nta shingiro bufite, bityo ko izajya gukinira muri RDC. Ikipe y’Ingabo izahura na Les Aigles du Congo mu ijonjora ry’ibanze rya CAF Champions League 2026-27, nyuma y’uko tombola yabaye ku wa 6 Kanama 2026 yarangiye aya makipe yisanze ari yo \[…\]

## [Rayon Sports WFC yahize kwegukana CECAFA izabera i Kigali](https://umuseke.rw/rayon-sports-wfc-yahize-kwegukana-cecafa-izabera-i-kigali/)

_2026-08-20 · HABIMANA Sadi · UMUSEKE_

Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports WFC, Rwaka Claude yatangaje ko ikibazanye muri CAF Women’s Champions League CECAFA Qualifiers 2026, ari ukwegukana igikombe. Mu gihe habura amasaha abarirwa ku ntoki ngo mu Rwanda hatangire irushanwa CAF Women’s Champions League CECAFA Qualifiers 2026, abatoza bakomeje guhiga. Rwaka Claude utoza Rayon Sports WFC ihagarariye u Rwanda, yavuze ko \[…\]

## [Abanyeshuri batsinze ibizamini bya Leta bariyongereye](https://umuseke.rw/abanyeshuri-batsinze-ibizamini-bya-leta-bariyongereye/)

_2026-08-20 · MUGIRANEZA THIERRY · UMUSEKE_

Abanyeshuri batsinze ibizamini bisoza amashuri abanza n’icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye mu mwaka w’amashuri wa 2025/2026 bariyongereye, aho abatsinze amashuri abanza bavuye kuri 75,6% bagera kuri 88,21%, mu gihe mu cyiciro rusange abatsinze ari 85,7%. Ni amanota yatangajwe kuri uyu wa Kane tariki 20 Kanama 2026. Ibizamini bisoza amashuri abanza byakozwe mu ntangiriro za Nyakanga 2026, \[…\]

## [Kayonza, Kirehe na Rusizi ni zo za mbere mu gutsindisha ibizamini bya Leta](https://rebero.rw/2026/08/20/kayonza-kirehe-na-rusizi-ni-zo-za-mbere-mu-gutsindisha-ibizamini-bya-leta/?utm_source=rss&#038;utm_medium=rss&#038;utm_campaign=kayonza-kirehe-na-rusizi-ni-zo-za-mbere-mu-gutsindisha-ibizamini-bya-leta)

_2026-08-20 · Rebero · Rebero_

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi, Irere Claudette, yavuze ko bishimiye umusaruro wabonetse mu bizamini bya Leta bisoza The post Kayonza, Kirehe na Rusizi ni zo za mbere mu gutsindisha ibizamini bya Leta appeared first on Rebero .

## [Ibyo urubyiruko rwa AEBR rwungukiye mu gusura Ingoro y'Amateka y'Urugamba rwo Kubohora u Rwanda](https://paradise.rw/Ibyo-urubyiruko-rwa-AEBR-rwungukiye-mu-gusura-Ingoro-y-Amateka-y-Urugamba-rwo.html)

_2026-08-20 · Tpn_

Urubyiruko rusengera muri AEBR Kacyiru rwasuye Ingoro y'Amateka y'Urugamba rwo Kubohora u Rwanda, iherereye ku Mulindi w'Intwari mu Karere ka Gicumbi, rwigishwa amateka y'urugamba rwo kubohora igihugu ndetse rushishikarizwa kuyigiraho amasomo y'ubumwe, gukunda igihugu, kwitanga no kugira uruhare mu kubaka u Rwanda. Uru rugendo rwabaye ku wa 15 Kanama 2026, rugamije gufasha urubyiruko kurushaho…

## [Rubavu: Bethlehem Choir Set to Make a Comeback with New Song &#8216;Yesu Gusa'](https://paradise.rw/Rubavu-Bethlehem-Choir-Set-to-Make-a-Comeback-with-New-Song-Yesu-Gusa.html)

_2026-08-20 · Jean D'Amour Habiyakare (Amourkare) · Tpn_

Bethlehem Choir ADEPR Gisenyi has announced that it is set to release a new song titled “Yesu Gusa,” a special gospel project the choir says carries a powerful message that will touch the hearts of many. The renowned choir has been relatively quiet when it comes to releasing new music in recent times, but it is now making a comeback with fresh projects for its loyal audience. The first song they…

## [Open directory of blogs for agents (Sponsored)](https://crawlproof.com/a/O28RyqOiGfxC)

_2026-08-20 · **Sponsored**_

Submit URLs or OPML; receive feed pages with summaries, plus JSON/OPML/plain text

## [Fiston Mayele yerekeje muri Al Ahly Tripoli](https://rebero.rw/2026/08/20/fiston-mayele-yerekeje-muri-al-ahly-tripoli/?utm_source=rss&#038;utm_medium=rss&#038;utm_campaign=fiston-mayele-yerekeje-muri-al-ahly-tripoli)

_2026-08-20 · Rebero · Rebero_

Rutahizamu w’Umunyakenya Fiston Mayele yerekeje muri Al Ahly Tripoli yo muri Libya, nyuma yo gusinya amasezerano y’umwaka umwe The post Fiston Mayele yerekeje muri Al Ahly Tripoli appeared first on Rebero .

## [Polisi y&#8217;u Rwanda n&#8217;iya Korea zasinye amasezerano](https://umuseke.rw/polisi-yu-rwanda-niya-korea-zasinye-amasezerano/)

_2026-08-20 · MUGIRANEZA THIERRY · UMUSEKE_

Polisi y’u Rwanda (RNP) na Polisi ya Koreya y’Epfo (KNPA), zasinye amasezerano amasezerano y’imikoranire (MoU) agamije guteza imbere ubufatanye bwa Polisi zombi arimo ayo kurwanya ibyaha byambukiranya imipaka bikorwa n’imitwe y’abagizi ba nabi. Ni amasezerano yasinywe kuri uyu wa Kane, tariki ya 20 Kanama 2026, i Seoul, muri Repubulika ya Koreya y’Epfo, hagati y’Umuyobozi Mukuru \[…\]

## [Abakinnyi bashya ba Rayon Sports batangiye medical test mbere yo kwinjira mu myitozo](https://rebero.rw/2026/08/20/abakinnyi-bashya-ba-rayon-sports-batangiye-medical-test-mbere-yo-kwinjira-mu-myitozo/?utm_source=rss&#038;utm_medium=rss&#038;utm_campaign=abakinnyi-bashya-ba-rayon-sports-batangiye-medical-test-mbere-yo-kwinjira-mu-myitozo)

_2026-08-20 · Rebero · Rebero_

Abakinnyi bashya ba Rayon Sports, myugariro Mohamed Ouattara na Mokono Eldinho Elie, batangiye igikorwa cyo gusuzumwa n’abaganga (medical The post Abakinnyi bashya ba Rayon Sports batangiye medical test mbere yo kwinjira mu myitozo appeared first on Rebero .

## [Bethlehem Choir yari imaze igihe icecetse igiye gushyira hanze indirimbo nshya 'Yesu Gusa'](https://paradise.rw/Bethlehem-Choir-yari-imaze-igihe-icecetse-igiye-gushyira-hanze-indirimbo-nshya.html)

_2026-08-20 · Jean D'Amour Habiyakare (Amourkare) · Tpn_

Korali Bethlehem Choir ADEPR Gisenyi yatangaje ko iri hafi gushyira hanze indirimbo nshya yise “Yesu Gusa”, igihangano bemeza ko kizaba kirimo ubutumwa buzakora ku mitima ya benshi. Bethlehem Choir ikunzwe cyane ariko ikaba yari imaze igihe itumvikana cyane mu bihangano bishya yongeye kwegura inanga aho igiye kugeza indirimbo nshya nyinshi ku bakunzi bayo. Ku ikubitiro, bateguje indirimbo nshya…

## [Urugaga rw’Abenjeniyeri ruburira abatanga amasoko y’ubwubatsi bashingiye ku kumenyana](https://rebero.rw/2026/08/20/urugaga-rwabenjeniyeri-ruburira-abatanga-amasoko-yubwubatsi-bashingiye-ku-kumenyana/?utm_source=rss&#038;utm_medium=rss&#038;utm_campaign=urugaga-rwabenjeniyeri-ruburira-abatanga-amasoko-yubwubatsi-bashingiye-ku-kumenyana)

_2026-08-20 · Rebero · Rebero_

Umuyobozi w’Urugaga rw’Abenjeniyeri mu Rwanda, Philbert Mbanza, yasabye abantu kwitonda no kwigengesera igihe batanga amasoko yo kubaka, bakirinda The post Urugaga rw’Abenjeniyeri ruburira abatanga amasoko y’ubwubatsi bashingiye ku kumenyana appeared first on Rebero .

## [Abanyamerika batanu n’ukuriye ubutasi muri Ecuador bapfiriye muri Kenya](https://umuseke.rw/abanyamerika-batanu-nukuriye-ubutasi-muri-ecuador-bapfiriye-muri-kenya/)

_2026-08-20 · MUGIRANEZA THIERRY · UMUSEKE_

Umuyobozi w’urwego rushinzwe ubutasi muri Ecuador, Michele Sensi-Contug n’umugore we Stephany Hollihan, n’abandi banyamerika bane bari mu bantu barindwi bapfiriye mu mpanuka y’indege ya kajugujugu yabereye mu gace ka Samburu muri Kenya. Iyi mpanuka yabaye ku wa Gatatu, tariki ya 19 Kanama 2026 ubwo aba biganjemo abacuruzi bakomeye indege barimo bari mu bikorwa by’ubukerarugendo yisekuraga \[…\]

## [Gentil Misigaro yasohoye indirimbo 'Urakomeye' yagizwemo uruhare n'uwaririmbye muri Hoziana Choir](https://paradise.rw/Gentil-Misigaro-yasohoye-indirimbo-Urakomeye-yagizwemo-uruhare-n-uwaririmbye.html)

_2026-08-20 · Jean D'Amour Habiyakare (Amourkare) · Tpn_

Umuramyi Gentil Misigaro yasobanuye inkuru yihariye y'indirimbo ye nshya “Urakomeye”, avuga ko igitekerezo cyayo cyatangiye mu 2019 ubwo yari mu Bubiligi mu bitaramo. Gentil Misigaro yavuze ko ubwo yari acumbitse ategura igitaramo cyari gisigaje umunsi umwe, yasuwe n'umuhanzi Isaac Rabine, wari umwe mu baririmbyi bari gutaramana na we. Uyu Isaac Rabine akaba yararirimbye muri Hoziana Choir mbere…

## [Ni nde wagabye igitero cya drone kuri Hotel yo muri Fizi?](https://umuseke.rw/ni-nde-wagabye-igitero-cya-drone-kuri-hotel-yo-muri-fizi/)

_2026-08-20 · UMUSEKE · UMUSEKE_

Igitero cyagabwe kuri ‘Hotel Mwalu’ iherereye muri Teritwari ya Fizi muri Kivu y’Amajyepfo, cyakomeje kuvugwa ku mbuga nkoranyambaga ariko nta ruhande ruracyemera ku mugaragaro. Ni igitero abo ku ruhande rwa Leta ya Congo bashinja ko cyagabwe n’umutwe wa Twirwaneho ukorana na AFC/M23, naho ku rundi ruhande “rushyigikiye AFC/M23” rukavuga ko cyagabwe ku bantu bo mu \[…\]

## [Igitaramo cya Diamond i Kigali cyahumuye](https://umuseke.rw/igitaramo-cya-diamond-i-kigali-cyahumuye/)

_2026-08-20 · NDEKEZI Johnson · UMUSEKE_

Igitaramo gitegerejwemo Diamond Platnumz gikomeje gushyuha cyane ku mbuga nkoranyambaga, nyuma y’uko abagitegura bagaragaje aho abifuza kucyitabira bashobora kugurira amatike. Iki gitaramo cyiswe “Diamond Platnumz Experience”, uyu muhanzi wubatse ibigwi mu muziki, azahurira ku rubyiniro n’abarimo Bruce Melodie, baherutse gukorana indirimbo “Pom Pom”. Hazaririmba kandi Nel Ngabo, DJ Marnaud ndetse…

## [Manzi Thierry yatandukanye na Al Ahly Tripoli nyuma y’imyaka itatu](https://rebero.rw/2026/08/20/manzi-thierry-yatandukanye-na-al-ahly-tripoli-nyuma-yimyaka-itatu/?utm_source=rss&#038;utm_medium=rss&#038;utm_campaign=manzi-thierry-yatandukanye-na-al-ahly-tripoli-nyuma-yimyaka-itatu)

_2026-08-20 · Rebero · Rebero_

Myugariro w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Amavubi, Manzi Thierry, yatandukanye na Al Ahly Tripoli yo muri Libya nyuma y’imyaka The post Manzi Thierry yatandukanye na Al Ahly Tripoli nyuma y’imyaka itatu appeared first on Rebero .

## [Umusirikare mukuru wa Amerika yongeye gufungwa nyuma yo kunenga Trump](https://rebero.rw/2026/08/20/umusirikare-mukuru-wa-amerika-yongeye-gufungwa-nyuma-yo-kunenga-trump/?utm_source=rss&#038;utm_medium=rss&#038;utm_campaign=umusirikare-mukuru-wa-amerika-yongeye-gufungwa-nyuma-yo-kunenga-trump)

_2026-08-20 · Rebero · Rebero_

Jason Watson, umusirikare mukuru mu Ngabo zirwanira mu Kirere za Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yongeye gufungwa nyuma The post Umusirikare mukuru wa Amerika yongeye gufungwa nyuma yo kunenga Trump appeared first on Rebero .

## [Venezuela yohereje muri Amerika hafi 40% by’umusaruro wayo wa peteroli](https://rebero.rw/2026/08/20/venezuela-yohereje-muri-amerika-hafi-40-byumusaruro-wayo-wa-peteroli/?utm_source=rss&#038;utm_medium=rss&#038;utm_campaign=venezuela-yohereje-muri-amerika-hafi-40-byumusaruro-wayo-wa-peteroli)

_2026-08-20 · Rebero · Rebero_

Venezuela ikomeje kohereza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika igice kinini cy’umusaruro wayo wa peteroli, aho amakuru agaragaza The post Venezuela yohereje muri Amerika hafi 40% by’umusaruro wayo wa peteroli appeared first on Rebero .

## [Impamvu Kiyovu Sports yasezereye Mackenzi ikubagahu](https://umuseke.rw/impamvu-kiyovu-sports-yasezereye-mackenzi-ikubagahu/)

_2026-08-20 · HABIMANA Sadi · UMUSEKE_

Nyuma y’igihe gito atangiye akazi muri Kiyovu Sports nk’uwari ushinzwe ubuzima bwa buri munsi bw’ikipe \[Team management\], Nizigiyimana Karim uzwi nka ‘Mackenzi’, yahise atandukana nayo ku bw’impamvu zitahise zimenyekana. Mu minsi ishize hari humvikanye amakuru yavugaga ko Nizigiyimana Karim wakiniye amakipe atandukanye mu Rwanda, yagizwe Umukozi Ushinzwe ubuzima bwa buri munsi muri Kiyovu Sports…

## [Luvumbu yashinje Ubutegetsi bwa RDC kumutererana](https://umuseke.rw/luvumbu-yashinje-ubutegetsi-bwa-rdc-kumutererana/)

_2026-08-20 · HABIMANA Sadi · UMUSEKE_

Héritier Nzinga Luvumbu wahoze akinira Rayon Sports mu myaka ibiri ishize, yavuze ko ari gupfa areba, ashinja ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kumutererana nyamara ubwo yavaga mu Rwanda yari yijejwe guhindurirwa ubuzima. Inkuru ivuga ku buzima busharira Luvumbu ari gucamo, yagarutsweho n’ibitangazamakuru bitandukanye byo muri RDC nyuma y’ibyo nyiri ubwite yashyize ku mbuga…

## [Mami Espe yishimiye impeta ya kabiri yambitswe na Paul, ahishura n'amateka y'indirimbo &#8220;Umugisha&#8221;](https://paradise.rw/Mami-Espe-yishimiye-impeta-ya-kabiri-yambitswe-na-Paul-ahishura-n-amateka-y.html)

_2026-08-20 · Ev. Frodouard Uwifashije \[Obededomu\] · Tpn_

Umuramyi Mami Espe yagaragaje ibyishimo bikomeye nyuma yo kwambikwa impeta ya kabiri n'umugabo we Paul, avuga ko amagambo yamubwiye ubwo yamwambikaga iyo mpeta yakoze ku mutima we kandi amwibutsa urukundo n'ubwiza bw'imyaka bamaze babana. Mami Espe, umaze imyaka icumi abana na Paul, avuga ko impeta ya kabiri atayibonye nk'umutako gusa, ahubwo yayifashe nk'ikimenyetso cy'ishimwe n'urukundo umugabo…

## [Apostle Mignonne Kabera azabwiriza muri Worship Legacy Season 7 ya Gisubizo Ministry](https://paradise.rw/Apostle-Mignonne-Kabera-azabwiriza-muri-Worship-Legacy-Season-7-ya-Gisubizo.html)

_2026-08-20 · Ev. Frodouard Uwifashije \[Obededomu\] · Tpn_

Gisubizo Ministry igiye gutaramira abakunzi bayo mu gitaramo cyiswe Worship Legacy Concert Season 7, Apostle Mignonne Kabera azabwirizamo. Gisubizo Ministry yatangaje ko igeze kure imyiteguro y'igitaramo cyayo ngarukamwaka Worship Legacy Concert Season 7, giteganyijwe ku wa 13 Nzeri 2026 muri Camp Kigali, guhera saa 16:00. Muri iki gitaramo, Apostle Mignonne Alice Kabera azatanga ubutumwa…

## [CAF yatangaje amatariki y’imikino ibiri ibanza yo gushaka itike ya AFCON 2027](https://rebero.rw/2026/08/19/caf-yatangaje-amatariki-yimikino-ibiri-ibanza-yo-gushaka-itike-ya-afcon-2027/?utm_source=rss&#038;utm_medium=rss&#038;utm_campaign=caf-yatangaje-amatariki-yimikino-ibiri-ibanza-yo-gushaka-itike-ya-afcon-2027)

_2026-08-19 · Rebero · Rebero_

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) yatangaje amatariki y’imikino ibiri ibanza yo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika cya The post CAF yatangaje amatariki y’imikino ibiri ibanza yo gushaka itike ya AFCON 2027 appeared first on Rebero .

## [Ap&#244;tre Gitwaza yagiye i Bujumbura mu kwizihiza imyaka 25 ya Zion Temple](https://paradise.rw/Apotre-Gitwaza-yagiye-i-Bujumbura-mu-kwizihiza-imyaka-25-ya-Zion-Temple.html)

_2026-08-19 · Jean D'Amour Habiyakare (Amourkare) · Tpn_

Apôtre Dr. Paul Gitwaza ari mu ruzinduko rw'ivugabutumwa mu Burundi rujyanye no kwizihiza imyaka 25 ya Zion Temple. Apôtre Dr. Paul Gitwaza, Umushumba Mukuru wa Zion Temple Celebration Center akaba n'uwashinze Authentic Word Ministries, ari mu Burundi aho yitabiriye ibikorwa by'ivugabutumwa n'ibijyanye no kwizihiza imyaka 25 ishize Zion Temple Burundi itangiye umurimo. Urwo ruzinduko rwe…

## [Perezida Ruto yayoboye Kenya Health Summit igamije kuvugurura urwego rw’ubuzima](https://rebero.rw/2026/08/19/perezida-ruto-yayoboye-kenya-health-summit-igamije-kuvugurura-urwego-rwubuzima/?utm_source=rss&#038;utm_medium=rss&#038;utm_campaign=perezida-ruto-yayoboye-kenya-health-summit-igamije-kuvugurura-urwego-rwubuzima)

_2026-08-19 · Rebero · Rebero_

Perezida wa Kenya, William Ruto,yayoboye inama y’igihugu y’ubuzima, izwi nka Kenya Health Summit, yabereye muri Kenyatta International Convention The post Perezida Ruto yayoboye Kenya Health Summit igamije kuvugurura urwego rw’ubuzima appeared first on Rebero .

## [Nyabihu: Akarere na Raising the Village baganiriye ku bufatanye bwo kurandura ubukene](https://rebero.rw/2026/08/19/nyabihu-akarere-na-raising-the-village-baganiriye-ku-bufatanye-bwo-kurandura-ubukene/?utm_source=rss&#038;utm_medium=rss&#038;utm_campaign=nyabihu-akarere-na-raising-the-village-baganiriye-ku-bufatanye-bwo-kurandura-ubukene)

_2026-08-19 · Rebero · Rebero_

Umuyobozi w’Akarere ka Nyabihu, Mukandayisenga Antoinette, yakiriye mu biro bye itsinda ry’umuryango Raising The Village, mu biganiro byibanze The post Nyabihu: Akarere na Raising the Village baganiriye ku bufatanye bwo kurandura ubukene appeared first on Rebero .

