# kuri — RSS Amplifier

Recent posts from the 8 feeds in the RSS Amplifier directory that cover kuri.

Page: <https://rssamplifier.com/topics/kuri>  
Feed: <https://rssamplifier.com/topics/kuri.md>

---

## [Uko wareba Amanota y&#8217;Ibizamini bya Leta kuri Internet](https://panorama.rw/uko-wareba-amanota-yibizamini-bya-leta-kuri-internet/)

_2026-08-20 · Daniel NIYONKURU · Panorama_

Abanyeshuri bakoze ibizamini bya Leta bisoza icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye (S3) bashobora kureba amanota yabo kuri internet bakoresheje urubuga rwa SDMS rutangazwa na NESA. Nyuma y’itangazwa ry’amanota y’ibizamini bya Leta, abanyeshuri n’ababyeyi bashobora gukoresha ikoranabuhanga kugira ngo barebe amanota umunyeshuri yabonye ndetse n’ishuri yoherejwemo gukomerezamo amasomo. Uko Wareba…

## [Ingingo z&#8217;ingenzi z&#8217;impamvu yo zgusaba guhindura amazina ya ASHIMWE Yvonne](https://panorama.rw/ingingo-zingenzi-zimpamvu-yo-zgusaba-guhindura-amazina-ya-ashimwe-yvonne/)

_2026-08-20 · Editor · Panorama_

## [Abakora ubuhinzi bw’umuceri mu gishanga cya Nyabarongo barasaba ko gitunganywa](https://panorama.rw/abakora-ubuhinzi-bwumuceri-mu-gishanga-cya-nyabarongo-barasaba-ko-gitunganywa/)

_2026-08-20 · Daniel NIYONKURU · Panorama_

Abakora ubuhinzi bw’umuceri mu gishanga cya Nyabarongo barasaba igitunganywa nyuma yo guhomba asaga miliyoni 100 Frw Abahinzi b’umuceri bo mu gishanga cya Nyabarongo, mu Karere ka Karongi, barasaba Leta kugishyira mu bikorwa imishinga yo kugitunganya no kugenzura amazi, bavuga ko kuzura k’umugezi wa Nyabarongo bikomeje kubateza igihombo gikomeye. Aba bahinzi bo mu tugari twa Shyembe \[…\]

## [Ibyoherezwa mu mahanga byinjirije u Rwanda asaga miliyari 19 Frw mu minsi itanu](https://panorama.rw/ibyoherezwa-mu-mahanga-byinjirije-u-rwanda-asaga-miliyari-19-frw-mu-minsi-itanu/)

_2026-08-20 · Daniel NIYONKURU · Panorama_

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi, NAEB, cyatangaje ko mu minsi itanu u Rwanda rwinjije miliyoni 12.95 z’amadolari ya Amerika, angana n’asaga miliyari 19 Frw, avuye mu bicuruzwa by’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi byoherejwe mu mahanga. Imibare ya NAEB igaragaza ko hagati ya tariki ya 10 n’iya 14 Kanama 2026, \[…\]

## [Amakuru kuri BBC - Gahuzamiryango](http://www.bbc.co.uk/programmes/p0p5bpxp)

_2026-08-19 · Amakuru kuri BBC - Gahuzamiryango_

Amakuru kuri BBC - Gahuzamiryango

[Listen](http://open.live.bbc.co.uk/mediaselector/6/redir/version/2.0/mediaset/audio-nondrm-download-rss-low/proto/http/vpid/p0p5bpn5.mp3)

## [NCD Alliance commends Government Action against illicit alcohol](https://panorama.rw/ncd-alliance-commends-government-action-against-illicit-alcohol/)

_2026-08-19 · Editor · Panorama_

Rene Anthere Rwanyange The Rwanda Non-Communicable Disease Alliance (RNCDA) commends the Government of Rwanda, through the Ministry of Health and the Rwanda Food and Drugs Authority (Rwanda FDA), for strengthening regulatory enforcement against non-compliant and unsafe alcoholic beverages. The Alliance welcomes the measures initiated in August 2026, including the closure of non-compliant…

## [Polisi ya Rwanda Yatangaza Ajira kwa Maofisa Cadet](https://rubanda.rw/Polisi-ya-Rwanda-Yatangaza-Ajira-kwa-Maofisa-Cadet)

_2026-08-18 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Amakuru_

Polisi ya Rwanda imetangaza kuwa inaanza kupokea maombi ya vijana wanaotaka kujiunga na Polisi katika ngazi ya Ofisa (Cadet). Waombaji wanatakiwa kujaza na kuwasilisha maombi yao mtandaoni (Online) kuanzia 19 Agosti 2026 hadi 31 Agosti 2026.

## [Green Amayaga yatangije icyiciro cya kabiri kizagera mu mirenge 35 yo mu majyepfo](https://panorama.rw/green-amayaga-yatangije-icyiciro-cya-kabiri-kizagera-mu-mirenge-35-yo-mu-majyepfo/)

_2026-08-18 · Daniel NIYONKURU · Panorama_

Umushinga Green Amayaga watangije ku mugaragaro icyiciro cya kabiri cy’ibikorwa byawo, aho uteganya kwagura ibikorwa byo kubungabunga ibidukikije, kurwanya isuri no guteza imbere ubuhinzi mu mirenge 35 yo mu turere turindwi tw’Intara y’Amajyepfo. Iki cyiciro cyatangijwe kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 18 Kanama 2026, mu Karere ka Nyanza, mu nama nyunguranabitekerezo yitabiriwe na Guverineri \[…\]

## [Minisitiri w’Intebe Nsengiyumva asaba Afurika gushyira mu bikorwa imihigo ku mazi n’isuku](https://panorama.rw/minisitiri-wintebe-nsengiyumva-asaba-afurika-gushyira-mu-bikorwa-imihigo-ku-mazi-nisuku/)

_2026-08-18 · Daniel NIYONKURU · Panorama_

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr. Justin Nsengiyumva, yasabye ibihugu bya Afurika kuva ku mihigo n’amasezerano yanditse bikibanda ku bikorwa bifatika, by’umwihariko mu guteza imbere serivisi z’amazi, isuku n’isukura. Ibi yabivugiye i Kigali kuri uyu wa Kabiri tariki ya 18 Kanama 2026, ubwo yatangizaga ku mugaragaro Inama Nyafurika yiga ku miyoborere n’iterambere ry’urwego rw’amazi, isuku…

## [APR FC yongeye amaraso mashya mu butoza (Amafoto)](https://panorama.rw/apr-fc-yongeye-amaraso-mashya-mu-butoza-amafoto/)

_2026-08-18 · Editor · Panorama_

Panorama Sports Ikipe ya APR F.C yitegura imikino itandukanye mu mwaka mushya w’imikino wa 2026/27 yamaze kongera amaraso mashya mu batoza bayo, aho yongereyemo umutoza wongerera ingufu Abakinnyi. Dr. Fouzir Mohamed umunya Morocco wari usanzwe atuye mu Bufaransa ari na ho yakoreraga, ni we wagizwe umutoza wongerera ingufu abakinnyi akaba afite ubumenyi buhagije muri ako \[…\]

## [Build with the cheapest GPUs (Sponsored)](https://crawlproof.com/a/geXtgdqxEGZ7)

_2026-08-18 · **Sponsored**_

Deployed a live API in minutes; one user spent under $10.

## [BK Premier League 2026/27: APR FC na Rayon Sports zizahura ku munsi wa cyenda](https://panorama.rw/bk-premier-league-2026-27-apr-fc-na-rayon-sports-zizahura-ku-munsi-wa-cyenda/)

_2026-08-17 · Daniel NIYONKURU · Panorama_

Ingengabihe y’umwaka w’imikino wa 2026/27 muri BK Premier League yashyizwe ahagaragara, aho umukino uzahuza APR FC na Rayon Sports uteganyijwe ku munsi wa cyenda wa shampiyona. Uyu mukino uzaba tariki ya 21 Ugushyingo 2026 kuri Stade Amahoro, aho Rayon Sports izaba yakiriye APR FC. Ni umwe mu mikino itegerejwe cyane n’abakunzi ba Basketball mu Rwanda, \[…\]

## [Amakuru kuri BBC - Gahuzamiryango ,Amakuru kuri BBC - Gahuzamiryango](http://www.bbc.co.uk/programmes/p0p50kjm)

_2026-08-17 · Amakuru kuri BBC - Gahuzamiryango_

Amakuru kuri BBC - Gahuzamiryango

[Listen](http://open.live.bbc.co.uk/mediaselector/6/redir/version/2.0/mediaset/audio-nondrm-download-rss-low/proto/http/vpid/p0p50g4d.mp3)

## [Meya Niyonagira yasabye ababyeyi gutangira kare imyiteguro y’umwaka w’amashuri](https://panorama.rw/meya-niyonagira-yasabye-ababyeyi-gutangira-kare-imyiteguro-yumwaka-wamashuri/)

_2026-08-17 · Daniel NIYONKURU · Panorama_

Umuyobozi w’Akarere ka Ngoma, Niyonagira Nathalie, yasabye ababyeyi gutangira hakiri kare gutegura ibikoresho by’abana, mu rwego rwo kubafasha gutangira umwaka w’amashuri wa 2026-2027 biteguye kandi batadindijwe no kubura ibikoresho. Meya Niyonagira yabigarutseho kuri uyu wa 17 Kanama 2026, mu kiganiro BIRAVUGWA gica kuri Fine FM 93.1, kigamije gufasha abaturage gukemura ibibazo ndetse no gukumira…

## [Senderi yiteguye kwamagana Ingufu Gin](https://rubanda.rw/senderi-yiteguye-kwamagana-ingufu-gin)

_2026-08-14 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Ubuzima_

Umuhanzi Eric Senderi Nzaramba yatangaje ko yiteguye igihe cyose abayobozi ba mugana bakamuha umurongo yakora Ubukangurambaga bwamagana inzoga zitujuje ubuziranenge.

## [Samia: Mimi ndiye mwenye dhamana kuu ya uongozi wa nchi](https://rubanda.rw/samia-mimi-ndiye-mwenye-dhamana-kuu-ya-uongozi-wa-nchi)

_2026-08-14 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Politiki_

Rais wa Jamhuri ya Muungano wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan, ametoa kauli inayozua mjadala kuhusu nafasi yake ya uongozi na mamlaka ndani ya Serikali, akisisitiza kuwa yeye ndiye mwenye dhamana kuu ya uongozi wa nchi.

## [INEZA Spare Parts – Ibikoresho byizewe ku modoka n’imashini byawe](https://rubanda.rw/ineza-spare-parts-ibikoresho-byizewe-ku-modoka-nimashini-byawe)

_2026-08-12 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Ubukungu_

Ufite imodoka cyangwa imashini kandi ushaka spare parts nziza, zizewe kandi zagufasha gukomeza akazi kawe nta nkomyi.

## [Amabwiriza y&apos;Umujyi wa Kigali amaze imyaka icyenda, agiye gushyirwa mu bikorwa](https://rubanda.rw/amabwiriza-yumujyi-wa-kigali-amaze-imyaka-icyenda-agiye-gushyirwa-mu-bikorwa)

_2026-08-12 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Amakuru_

Umujyi wa Kigali watangaje ko hari amabwiriza yemejwe n'Inama njyanama y'Umujyi wa Kigali agasohoka mu igazeti ya Leta tariki ya 13 Gicurasi 2018 yerekeranye n'isuku muri ayo mabwiriza akaba ateganya ko umuntu udashyize mu bikorwa ibyo asabwa harimo gucibwa mande ndetse no nogufungirwa ibikorwa bye.

## [Umusore wari ufite uburwayi bwo gusaza imburagihe yitabye Imana](https://rubanda.rw/umusore-wari-ufite-uburwayi-bwo-gusaza-imburagihe-yitabye-imana)

_2026-08-11 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Ubuzima_

Michiel Vandeweert, Umubiligi wari urwaye indwara idasanzwe ya Progeria ituma umubiri usaza imburagihe yitabye Imana afite imyaka 28.

## [Amakuru ya Gahuzamiryango](http://www.bbc.co.uk/programmes/p0p3yc1y)

_2026-08-11 · Amakuru kuri BBC - Gahuzamiryango_

Amakuru yo ku wa kabiri, tariki 11/08/2026 kuri BBC Gahuzamiryango.

[Listen](http://open.live.bbc.co.uk/mediaselector/6/redir/version/2.0/mediaset/audio-nondrm-download-rss-low/proto/http/vpid/p0p3ybhb.mp3)

## [Ibishyimbo bya Mushingiriro by’umwimerere biri ku isoko](https://rubanda.rw/ibishyimbo-bya-mushingiriro-byumwimerere-biri-ku-isoko)

_2026-08-10 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Ubukungu_

Umuhinzi wo mu Karere ka Kamonyi, Umurenge wa Gacurabwenge, afite umusaruro ungana na toni 2 z’ibishyimbo bya Mushingiriro, byeze neza kandi biteguye kugera ku muguzi.

## [Sync bookmarks across every browser (Sponsored)](https://crawlproof.com/a/B3982lloGyJd)

_2026-08-10 · **Sponsored**_

Two-way sync across Chrome, Firefox and Safari; built-in ad and tracker blocker.

## [Nicole Designer Aho kwambara neza bihinduka umwimerere wawe](https://rubanda.rw/nicole-designer-aho-kwambara-neza-bihinduka-umwimerere-wawe)

_2026-08-08 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Imyidagaduro_

Ushaka umwambaro mwiza, ujyanye n’umubiri wawe kandi ugaragaza umwihariko wawe, Nicole Designer ni amahitamo meza.

## [Diddy yongerewe igihe muri Gereza](https://rubanda.rw/diddy-yongerewe-igihe-muri-gereza)

_2026-08-06 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Imyidagaduro_

Umuraperi w'icyamamare wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Sean "Diddy" Combs, biravugwa ko yongerewe igihe azamara muri gereza nyuma yo gushinjwa kurwana n'undi mfungwa bari bafunganywe.

## [Ubucuruzi bw&apos;amazimwe bwamugize umukire](https://rubanda.rw/ubucuruzi-bwamazimwe-bwamugize-umukire)

_2026-08-05 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Ubuzima_

Umugore w'imyaka 67 ukomoka Armenia muri Kolombiya, uzwi ku izina rya Miryam, bivugwa ko yabashije kugura amazu abiri abikesha ubucuruzi bwo kugurisha amakuru y'amazimwe yo mu baturanyi.

## [Abafite ubumuga bwo kutabona bagiye guhumuka](https://rubanda.rw/Abafite-ubumuga-bwo-kutabona-bagiye-guhumuka)

_2026-08-03 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Ubuzima_

Elon Musk yatangaje ko mu mezi 6 kugeza kuri 12 ari imbere, sosiyete ye ya Neuralink iteganya gutangira guterera abantu bwa mbere agakoresho ko kugarura ubushobozi bwo kureba kitwa Blindsight, kagenewe gufasha abantu bafite ubumuga bwo kutabona kongera kubona.

## [Yashyinguwe mu Mva yicukiriye muri 2017](https://rubanda.rw/yashyinguwe-mu-mva-yicukiriye-muri-2017)

_2026-08-03 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Ubuzima_

Umusaza witwaga Boaz Daud Tungu, wari utuye Tanzania mu gace ka Ndembezi, muri Shinyanga yapfuye afite imyaka 97 y'amavuko, maze ashyingurwa mu mva yari yariyubakiye ubwe mu mwaka wa 2017, nk'uko yari yarabisabye mbere y'urupfu rwe.

## [Padiri Samuel yishwe n&apos;abagizi ba nabi](https://rubanda.rw/padiri-samuel-yishwe-nabagizi-ba-nabi)

_2026-08-02 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Iyobokamana_

Mu gihugu cya Nigeria, Umupadiri witwa Samuel Opeyemi Oyetoro yishwe n'abagizi ba nabi bataramenyekana mu gace ka Ajaokuta, muri Leta ya Kogi. Umurambo we wabonetse ku muhanda ku wa 29 Nyakanga 2026.

## [Mu Burayi bigisha abana gukemura ibibazo, ariko muri Afurika bigishwa ko Yesu ari we gisubizo&#45; Museveni](https://rubanda.rw/mu-burayi-bigisha-abana-gukemura-ibibazo-ariko-muri-afurika-bigishwa-ko-yesu-ari-we-gisubizo-museveni)

_2026-08-02 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Amakuru_

Perezida wa Uganda, , yavuze amagambo yakomeje guteza impaka ku mbuga nkoranyambaga ku bijyanye n'iterambere rya Afurika, aho yagaragaje ko umugabane wa Afurika utazabasha kwigobotora ibibazo by'ubukungu igihe cyose uzakomeza kwishingikiriza ku bitangaza aho gushakira ibisubizo ibibazo biwugarije.

## [Yujuje imyaka 126 y&apos;amavuko akorerwa ibirori burimunsi](https://rubanda.rw/yujuje-imyaka-126-yamavuko-akorerwa-ibirori-burimunsi)

_2026-08-02 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Ubuzima_

Mu Ntara ya Paraná yo muri Brazil, haravugwa inkuru y'umukecuru witwa Dona Júlia, uvugwa ko yavutse mu mwaka wa 1900, aho muri uyu Mwaka wa 2026 yujuje imyaka 126 y'amavuko.

## [DIGP Ujeneza Aongoza Ujumbe wa Polisi ya Rwanda Eswatini](https://rubanda.rw/digp-ujeneza-aongoza-ujumbe-wa-polisi-ya-rwanda-eswatini)

_2026-08-01 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Amakuru_

Naibu Inspekta Jenerali wa Polisi ya Rwanda anayeshughulikia Utawala na Rasilimali Watu (DIGP), DCG Jeanne Chantal Ujeneza, ameongoza ujumbe wa Polisi ya Rwanda nchini Eswatini kushiriki maadhimisho ya 23 ya Siku ya Polisi ya Ufalme wa Eswatini.

## [Igikoresho gifasha ubugabo gukoraneza gihagaze Miliyoni 10](https://rubanda.rw/igikoresho-gifasha-ubugabo-gukoraneza-gihagaze-miliyoni-10)

_2026-07-26 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Ubuzima_

Muri Ibitaro bya Benjamin Mkapa biherereye i Dodoma, serivisi yo gushyiramo igikoresho gifasha ubugabo gukora neza (penile implant) igura hafi miliyoni 10 z'Amashilingi ya Tanzania, nk'uko byatangajwe na Dr. Remigius Rugakingira, inzobere mu kuvura indwara z'impyiko, inzira z'inkari n'imyororokere y'abagabo.

## [Collect Open Source Legends (Sponsored)](https://crawlproof.com/a/whufCbRXEfWK)

_2026-07-26 · **Sponsored**_

Open-licensed art, limited foil trading packs, and optional on-chain mints.

## [RMC Yapokea Msaada wa Vitabu vya Qur&apos;an kutoka WAMY](https://rubanda.rw/rmc-yapokea-msaada-wa-vitabu-vya-quran-kutoka-wamy)

_2026-07-26 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Iyobokamana_

Jumamosi hii, Idara ya Programu za Qur'an ndani ya Jumuiya ya Waislamu nchini Rwanda (RMC) imepokea msaada wa vitabu vya Qur'an uliotolewa na shirika la WAMY, ambalo ni mshirika wa RMC katika utekelezaji wa programu mbalimbali za maendeleo ya Kiislamu.

## [Sobanukirwa Amadini akoresha izina Gatolika, ariko atari aya Kiliziya Gatolika y&apos;i Roma](https://rubanda.rw/sobanukirwa-amadini-akoresha-izina-gatolika-ariko-atari-aya-kiliziya-gatolika-yi-roma)

_2026-07-24 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Iyobokamana_

Hari amadini amwe n'amwe akoresha izina "Gatolika", nyamara ntari mu bumwe busesuye na Kiliziya Gatolika iyobowe na Papa. Ni yo mpamvu kuba idini ryitwa "Gatolika" bidahagije ngo rifatwe nk'igice cya Kiliziya Gatolika y'i Roma. Ikintu cy'ingenzi gishingirwaho ni ukureba niba riri mu bumwe na Papa, usimbura Mutagatifu Petero nk'uko inyigisho za Kiliziya Gatolika zibivuga.

## [Janet Kagame amefungua Kituo cha Imbuto Hub wilayani Bugesera.](https://rubanda.rw/janet-kagame-amefungua-kituo-cha-imbuto-hub-wilayani-bugesera)

_2026-07-24 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Amakuru_

Janet Kagame amefungua Imbuto Hub, kituo kilichopo wilayani Bugesera, ambacho kimejengwa kwa ushirikiano kati ya Halmashauri ya Wilaya ya Bugesera na Imbuto Foundation. Kituo hicho kinalenga kuwawezesha vijana kwa kuwapatia fursa za kujifunza, kukuza ubunifu na ujuzi, pamoja na kutoa huduma zitakazonufaisha wananchi kwa ujumla.

## [Mufti w&apos;u Rwanda yashimangiye ubumwe, gukunda Igihugu n&apos;iterambere](https://rubanda.rw/mufti-wu-rwanda-yashimangiye-ubumwe-gukunda-igihugu-niterambere)

_2026-07-21 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Iyobokamana_

Mufti w'u Rwanda, Sheikh Sindayigaya Musa, mu ruzinduko rugamije kwegera Abayisilamu bo hirya no hino mu gihugu amaze iminsi akora, yabasabye Abaislam gukomeza kugira uruhare rugaragara mu kubaka Igihugu, kubungabunga ubumwe no kwiteza imbere.

## [Gen. Moses Ali, yitabye Imana afite imyaka 87](https://rubanda.rw/gen-moses-ali-yitabye-imana-afite-imyaka-87)

_2026-07-19 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Amakuru_

Uwahoze ari Minisitiri w'Intebe Wungirije wa Kabiri wa Uganda ndetse n'umunyapolitiki w'inararibonye, Gen. Moses Ali, yitabye Imana afite imyaka 87.

## [Drake yateze miliyoni 1.5$ ko Argentine izatsinda Espagne](https://rubanda.rw/drake-yateze-miliyoni-15-ko-argentine-izatsinda-espagne)

_2026-07-18 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Imyidagaduro_

Umuhanzi w'icyamamare Drake yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo gutega miliyoni 1.5 z'amadolari ya Amerika ahamya ko Argentine izatsinda Espagne ku mukino wa nyuma wa nyuma w'Igikombe cy'Isi cya 2026.

## [Umugabo w&apos;imyaka 86 yashakanye n&apos;uwahoze ari umugore w&apos;umuhungu we](https://rubanda.rw/umugabo-wimyaka-86-yashakanye-nuwahoze-ari-umugore-wumuhungu-we)

_2026-07-18 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Amakuru_

Klarensi Usakazi w'imyaka 86, utuye mu Akarere ka Bahi mu Ntara ya Dodoma muri Tanzania, yashakanye n'uwahoze ari umugore w'umuhungu we witwa Mary w'imyaka 20, nyuma y'uko uwo muryango uvugako utari ufite ubushobozi bwo gusubiza inkwano.

## [Ushirikiano wa Wananchi wajenga Rwanda Imara na yenye Umoja](https://rubanda.rw/ushirikiano-wa-wananchi-wajenga-rwanda-imara-na-yenye-umoja)

_2026-07-17 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Politiki_

Kamishna Mkuu wa FPR Inkotanyi, Balozi Christophe Bazivamo, katika Kongamano la wanachama Cha RPF Inkotanyi Tarehe 17 July 2026 alitoa hotuba akisisitiza kuwa kila mwanachama wa FPR Inkotanyi ana jukumu muhimu katika ujenzi na maendeleo ya Rwanda.

## [Kirehe: Mudugudu yaciwe mande ahita anatwarwa mu Nzererezi](https://rubanda.rw/kirehe-mudugudu-yaciwe-mande-ahita-anatwarwa-mu-nzererezi)

_2026-07-17 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Ubuzima_

Umuyobizi w'umudugu wa Karuhura mu kagari ka Rwesero mu Murenge wa Kirehe mu karere ka Kirehe, ari mu kigo cy'inzererezi azira kurenga Kumabwiriza akenga ibinyobwa by'ibikorano.

## [Rwanda haitanyamaza&#45; Rais Kagame](https://rubanda.rw/rwanda-haitanyamaza-rais-kagame)

_2026-07-17 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Politiki_

Katika hotuba yenye uzito mkubwa kwenye Kongamano la wanachama Cha Kisiasa Cha RPF-Inkotanyi, kilicho fanyika Tarehe 17 July 2026, Rais Paul Kagame alitoa msimamo mkali kuhusu kuongezeka kwa mvutano katika eneo la Maziwa Makuu pamoja na vikwazo vinavyoendelea kuwekwa na mataifa ya Magharibi., Akasisitiza kuwa Rwanda haitanyamaza.

## [Abapadiri bashyiriwe isaha ntarengwa yokugera mu rugo.](https://rubanda.rw/abapadiri-bashyiriwe-isaha-ntarengwa-yokugera-mu-rugo)

_2026-07-15 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Iyobokamana_

Musenyeri Hieronymus Emusugut Joya, uyobora Diyosezi Gatolika ya Maralal muri Kenya, yashyize ho isaha ntarengwa y'abapadiri yokuba kugera mu rugo.

## [Bank igiye gusobanura inkomoko y&apos;amafaranga yakoreshejwe mu bukwe bwa Sylvester](https://rubanda.rw/bank-igiye-gusobanura-inkomoko-yamafaranga-yakoreshejwe-mu-bukwe-bwa-sylvester)

_2026-07-15 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Amakuru_

Banki Nkuru ya Tanzania (BOT) yatangaje ko mu minsi ya vuba izashyira ahagaragara itangazo ryayo ku mpaka zimaze iminsi zivugwa ku bukwe bwabereye i Katoro mu Ntara ya Geita, bwakuruye impaka zitandukanye ku mikoreshereze y'amafaranga.

## [Yitabye Imana nyuma yo kumara imyaka itandatu mu Cyumba cy&apos;Indembe (ICU](https://rubanda.rw/yitabye-imana-nyuma-yo-kumara-imyaka-itandatu-mu-cyumba-cyindembe-icu)

_2026-07-14 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Ubuzima_

Claire Kirabo, umugore wo mu mujyi wa Mbarara muri Uganda, yitabye Imana nyuma yo kumara imyaka itandatu avurirwa mu Cyumba cy'Abarembye (ICU) ku Bitaro Bikuru bya Mbarara.

## [Abayobozi b&apos;ibihugu bakurikirwa cyane ku mbuga nkoranyambaga](https://rubanda.rw/abayobozi-bibihugu-bakurikirwa-cyane-ku-mbuga-nkoranyambaga)

_2026-07-13 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Amakuru_

Donald Trump ni we uyoboye abandi bayobozi bose b'ibihugu ku rubuga rwa TikTok, aho akurikirwa n'abasaga miliyoni 16.7. Gusa, ku rubuga rwa X (rwahoze rwitwa Twitter), uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Barack Obama aracyamurusha umubare w'abamukurikira.

## [Tanzania igiye gufata ingamba zikomeye ku kinyamakuru BBC](https://rubanda.rw/tanzania-igiye-gufata-ingamba-zikomeye-ku-kinyamakuru-bbc)

_2026-07-13 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Politiki_

Guverinoma ya Tanzania yatangaje ko yababajwe n'inkuru yatangajwe ku wa 13 Nyakanga 2026 n'Ikigo cy'Itangazamakuru cy'u Bwongereza (BBC) binyuze muri gahunda ya BBC Africa Eye, ivuga ko ikubiyemo amakuru abogamye ku ruhande rumwe, adafite ibimenyetso bihagije, arimo ibura ry'amakuru y'ingenzi kandi agamije guharabika isura ya Tanzania ku rwego mpuzamahanga.

## [Abapadiri batandatu bahagaritswe bazira kunywera inzoga mu tubari](https://rubanda.rw/abapadiri-batandatu-bahagaritswe-bazira-kunywera-inzoga-mu-tubari)

_2026-07-13 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Iyobokamana_

Musenyeri Hieronymus Emusugut Joya, wo muri Kenya yahagaritse by'agateganyo abapadiri batandatu ba Diyosezi Gatolika ya Maralal kubera ibirego byo gukoresha nabi ububasha bahawe, harimo no kunywera inzoga mu tubari.

## [Tanzania: JAB yakajije ubugenzuzi ku banyamakuru batujuje ibisabwa n&apos;amategeko](https://rubanda.rw/tanzania-jab-yakajije-ubugenzuzi-ku-banyamakuru-batujuje-ibisabwa-namategeko)

_2026-07-12 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Amakuru_

Urwego rushinzwe kwemeza no gutanga ibyangombwa ku banyamakuru muri Tanzania (JAB) rwakajije ubugenzuzi bugamije kugenzura niba abanyamakuru hirya no hino mu gihugu bujuje ibisabwa n'amategeko n'umwuga.

## [Commonwealth wahaye Tanzania iminsi 30 yokuba yafunguye Tundu Lissu](https://rubanda.rw/commonwealth-wahaye-tanzania-iminsi-30-yokuba-yafunguye-tundu-lissu)

_2026-07-11 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Politiki_

Itsinda rya ba Minisitiri ba Commonwealth rishinzwe gukurikirana iyubahirizwa ry’indangagaciro z’uwo muryango (Commonwealth Ministerial Action Group - CMAG) ryateranye mu nama yihutirwa ya 73 kuri uyu wa 10 Nyakanga 2026, risohora itangazo risoza iyo nama (Concluding Statement). Igice kinini cy'iryo tangazo cyibanze ku isesengura ry'imiterere ya politiki n'iyubahirizwa ry'uburenganzira bwa muntu…

## [Ku minsi 40 y’Umwana wa Wema Sepetu, kwinjira ni Miliyoni 5](https://rubanda.rw/ku-minsi-40-yumwana-wa-wema-sepetu-kwinjira-ni-miliyoni-5)

_2026-07-06 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Imyidagaduro_

Mu gihe hasigaye iminsi mike ngo habe umuhango wo kwizihiza iminsi 40 y'amavuko ya Baby Ollie, umwana w'ibyamamare Wema Sepetu na Whozu, hamenyekanye ibiciro byo kwinjira muri ibyo birori.

## [Umwana wari watangajwe ko yapfuye yabonywe ari muzima mu buruhukiro](https://rubanda.rw/umwana-wari-watangajwe-ko-yapfuye-yabonywe-ari-muzima-mu-buruhukiro)

_2026-07-06 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Ubuzima_

Umwana w’imyaka 18 y’amavuko wo muri Leta ya Arizona muri Amerika witwa Vincent Lorenzo Fiordilino, byari byemejwe n'abaganga ko yitabye Imana, nyuma y'amasaha atanu ari mu buruhukiro basanze agihumeka.

