# bya (blogs) — RSS Amplifier

Recent posts from the 4 feeds in the RSS Amplifier directory that cover bya.

Page: <https://rssamplifier.com/topics/bya/blogs>  
Feed: <https://rssamplifier.com/topics/bya/blogs.md>

---

## [Kigali: Barishimira ko ubucukuzi bw&#8217;amabuye y&#8217;agaciro bwa GAMICO Ltd bukomeje kugeza benshi ku iterambere](https://umwezi.rw/kigali-barishimira-ko-ubucukuzi-bwamabuye-yagaciro-bwa-gamico-ltd-bukomeje-kugeza-benshi-ku-iterambere/)

_2026-08-17 · Theodore Ntarindwa · umwezi_

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali buravuga ko impinduka zagezweho mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro bukorwa na kompanyi ya GAMICO Ltd mu Murenge wa Kigali, Akarere ka Nyarugenge, zitagarukira ku kongera umusaruro gusa, ahubwo zimaze kuba umusingi w’iterambere ry’abakozi, imiryango yabo ndetse n’abaturage babukikije. Mu ruzinduko rwakorewe muri ibi birombe bicukurwamo amabuye yo mu bwoko bwa gasegereti,…

## [Ruhango:Umuganura wabaye umwanya wo kuganira ku bibangamiye umuryango](https://realrwanda.rw/ruhangoumuganura-wabaye-umwanya-wo-kuganira-ku-bibangamiye-umuryango)

_2026-08-14 · Editor · Amakuru agezweho &#45; INKURU ZIHERUKA_

## [Ngoma: Umuyobozi w’Akarere yagaragarije urubyiruko ingamba zarufasha kwiteza imbere](https://realrwanda.rw/ngoma-umuyobozi-wakarere-yagaragarije-urubyiruko-ingamba-zarufasha-kwiteza-imbere)

_2026-08-12 · Editor · Amakuru agezweho &#45; INKURU ZIHERUKA_

## [INEZA Spare Parts – Ibikoresho byizewe ku modoka n’imashini byawe](https://rubanda.rw/ineza-spare-parts-ibikoresho-byizewe-ku-modoka-nimashini-byawe)

_2026-08-12 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Ubukungu_

Ufite imodoka cyangwa imashini kandi ushaka spare parts nziza, zizewe kandi zagufasha gukomeza akazi kawe nta nkomyi.

## [Uzafatwa abikwirakwiza azabihanirwa n&apos;amategeko&#45;Visi Meya Mukayiranga ku bahisha inzoga zitujuje ubuziranenge](https://realrwanda.rw/uzafatwa-abikwirakwiza-azabihanirwa-namategeko-visi-meya-mukayiranga-ku-bahisha-inzoga-zitujuje-ubuziranenge-1809)

_2026-08-11 · Editor · Amakuru agezweho &#45; INKURU ZIHERUKA_

## [Ibishyimbo bya Mushingiriro by’umwimerere biri ku isoko](https://rubanda.rw/ibishyimbo-bya-mushingiriro-byumwimerere-biri-ku-isoko)

_2026-08-10 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Ubukungu_

Umuhinzi wo mu Karere ka Kamonyi, Umurenge wa Gacurabwenge, afite umusaruro ungana na toni 2 z’ibishyimbo bya Mushingiriro, byeze neza kandi biteguye kugera ku muguzi.

## [SINA Gerard Entreprise URWIBUTSO, yaguye ibikorwa, itangira gukora imyenda ya “Made in Rwanda”](https://umwezi.rw/sina-gerard-entreprise-urwibutso-yaguye-ibikorwa-itangira-gukora-imyenda-ya-made-in-rwanda/)

_2026-08-07 · Theodore Ntarindwa · umwezi_

Mu imurikagurisha mpuzamahanga rya 29 ririmo kubera i Gikondo mu Mujyi wa Kigali, uruganda SINA Gerard Entreprise URWIBUTSO rwagaragaje igikorwa gishya cyo gukora imyenda ya “Made in Rwanda”, mu rwego rwo gukomeza kwagura ibikorwa byarwo byo kongerera agaciro ibikorerwa mu gihugu. Iyi ni imwe mu ntambwe nshya uru ruganda ruzwi cyane mu gutunganya ibikomoka ku \[…\]

## [ITANGAZO RYA KANYENZI USABA GUHINDUZA AMAZINA](https://realrwanda.rw/itangazo-rya-kanyenzi-usaba-guhinduza-amazina)

_2026-08-05 · Editor · Amakuru agezweho &#45; INKURU ZIHERUKA_

## [Rwanda:Abaturage basabwa kwitegura gukoresha 4G na 5G](https://umwezi.rw/rwandaabaturage-basabwa-kwitegura-gukoresha-4g-na-5g/)

_2026-07-29 · Theodore Ntarindwa · umwezi_

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje gahunda yo guhagarika burundu ikoreshwa ry’imiyoboro ya 2G na 3G, mu rwego rwo kwihutisha ikoreshwa ry’ikoranabuhanga rigezweho rizamura ireme rya serivisi z’itumanaho n’umuvuduko wa internet. Iyi gahunda yatangajwe na Minisiteri y’Ikoranabuhanga na Inovasiyo (MINICT), igaragaza ko umuyoboro wa 3G uzahagarikwa ku wa 30 Kamena 2027 ku rwego rw’igihugu, mu gihe 2G \[…\]

## [Mu mafoto:Ibyaranze umuganda rusange mu turere twa Ngoma na Rwamagana](https://realrwanda.rw/mu-mafotoibyaranze-umuganda-rusange-mu-turere-twa-ngoma-na-rwamagana)

_2026-07-28 · Editor · Amakuru agezweho &#45; INKURU ZIHERUKA_

## [AI Summaries & Audio Briefings (Sponsored)](https://crawlproof.com/a/s9tJYlt7K8HN)

_2026-07-28 · **Sponsored**_

Read AI summaries and listen to concise audio briefings for the latest stories.

## [Abanyamakuru basabwe gukora inkuru z’ubuvugizi zireba ku nyungu rusange aho kwita ku nyungu z’umuntu ku giti cye](https://umwezi.rw/abanyamakuru-basabwe-gukora-inkuru-zubuvugizi-zireba-ku-nyungu-rusange-aho-kwita-ku-nyungu-zumuntu-ku-giti-cye/)

_2026-07-24 · Theodore Ntarindwa · umwezi_

Abanyamakuru bakora inkuru z’iperereza n’iz’ubuvugizi basabwe guharanira ko ibyo batangaza bishingiye ku nyungu rusange z’abaturage, aho kuba uburyo bwo kureba ku nyungu z’umuntu ku giti cye cyangwa gufata uruhande mu bibazo bireba ubutabera. Ibi byagarutsweho mu mahugurwa ku gutangaza inkuru z’ibyaha (Training on Crime Reporting) yateguwe na Fojo Media Institute ku bufatanye na AFRI-MEDIA Ltd,…

## [Hashojwe amarushanwa y’abanyeshuri bahize abandi mu kuvuga no gutanga ibitekerezo mu rurimi rw’Icyongereza](https://umwezi.rw/hashojwe-amarushanwa-yabanyeshuri-bahize-abandi-mu-kuvuga-no-gutanga-ibitekerezo-mu-rurimi-rwicyongereza/)

_2026-07-19 · Theodore Ntarindwa · umwezi_

Abanyeshuri 120 bahagarariye ibyiciro bitandukanye by’amashuri mu gihugu hose basoje irushanwa rya ORATOR amarushanwa yo kuvuga ururimi rw’Icyongereza (Rwanda National English Proficiency and Public Speaking Competition 2026), yagaragaje ubushobozi bw’urubyiruko mu kuvuga Icyongereza, gutanga ibitekerezo no kwigirira icyizere imbere y’abantu. Iri rushanwa ryasojwe ku rwego rw’igihugu nyuma…

## [Ngoma:Bigoranye ikipe y&apos;abanyamakuru yatsinzwe n&apos;abakozi b&apos;akarere](https://realrwanda.rw/ngomabigoranye-ikipe-yabanyamakuru-yatsinzwe-nabakozi-bakarere)

_2026-07-17 · Editor · Amakuru agezweho &#45; INKURU ZIHERUKA_

## [FLEX 2026: U Rwanda rwiyemeje gukomeza gushora imari mu burezi, rusaba abafatanyabikorwa guhuza inkunga n’ibikenew](https://umwezi.rw/flex-2026-u-rwanda-rwiyemeje-gukomeza-gushora-imari-mu-burezi-rusaba-abafatanyabikorwa-guhuza-inkunga-nibikenew/)

_2026-07-16 · Theodore Ntarindwa · umwezi_

Mu gihe ibihugu bya Afurika bikomeje gushaka ibisubizo birambye byazamura ireme ry’uburezi bw’ibanze, u Rwanda rwongeye gushimangira ko ruzakomeza gushora imari ihagije muri uru rwego, runasaba abafatanyabikorwa mu iterambere guhuza inkunga batanga n’ibikenewe byihutirwa muri buri gihugu kugira ngo abana bose babashe kugera ku burezi bufite ireme. Ibi byagarutsweho na Minisitiri w’Uburezi, Joseph…

## [Nyarugenge:Ababyeyi bashimye uruhare rwa El-Shaddai School mu gutegura ejo hazaza h’abana babo](https://umwezi.rw/nyarugengeababyeyi-bashimye-uruhare-rwa-el-shaddai-school-mu-gutegura-ejo-hazaza-habana-babo/)

_2026-07-13 · Theodore Ntarindwa · umwezi_

Kuri uyu wa 12 Nyakanga 2026, abanyeshuri bo kigo cy’amashuri y’inshuke n’abanza El- Shaddai School, giherereye mu Murenge wa Nyamirambo, mu Karere ka Nyarugenge mu mujyi wa Kigali, basoje ibirori bya mashuri y’incuke na banza. Nyiransabimana Zigama Charlotte, Umuyobozi Mukuru w’ikigo cy’ishuri El- Shaddai School, avuga ko isozwa ry’amashuri ari umunsi mukuru wishimirwa. Agira ati” \[…\]

## [Rwanda: RNIT imaze gukusanya arenga miliyari 145 Frw](https://umwezi.rw/rnit-imaze-gukusanya-arenga-miliyari-145-frw/)

_2026-07-13 · Theodore Ntarindwa · umwezi_

Ikigega RNIT (Rwanda National Investiment Trust Ltd), cyatangijwe mu 2016 hagamijwe kwimakaza umuco wo kwizigamira no gushora imari mu Banyarwanda, kimaze kuba kimwe mu nkingi z’isoko ry’imari ry’u Rwanda nyuma yo gukusanya arenga miliyari 145 y’amafaranga y’u Rwanda no kugera ku banyamigabane barenga ibihumbi 350 mu myaka 10 ishize. Ibi byagarutsweho ku Cyumweru, tariki ya \[…\]

## [Airtel Rwanda na Watu byatangije gahunda yorohereza Abanyarwanda kubona smartphone ku nguzanyo](https://umwezi.rw/18677/)

_2026-07-10 · Theodore Ntarindwa · umwezi_

Abanyarwanda bifuza gutunga telefone zigezweho za Samsung ariko bakazitinya kubera igiciro, bagiye kujya bazibona mu buryo buboroheye bwo kuzishyura mu byiciro nyuma y’uko Airtel Rwanda na Watu Rwanda bitangije ubufatanye bugamije korohereza abakiriya kugera ku ikoranabuhanga. Ni ubufatanye bwatangijwe mu rwego rwo gushyigikira gahunda yo kwagura ikoreshwa ry’ikoranabuhanga no guteza imbere…

## [Abana basoje amashuri abanza basabwe gukora ibizamini bya leta nta bwoba](https://umwezi.rw/abana-basoje-amashuri-abanza-basabwe-gukora-ibizamini-bya-leta-nta-bwoba/)

_2026-07-07 · Theodore Ntarindwa · umwezi_

Mu gihe hirya no hino mu Rwanda hatangiye ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza (Primary Leaving Examinations – PLE) by’umwaka w’amashuri wa 2025/2026, abayobozi muri Minisiteri y’Uburezi n’Umujyi wa Kigali basabye abanyeshuri kubikora nta bwoba, bavuga ko icyo basabwa ari ukugaragaza ubumenyi bamaze igihe biga, mu gihe Umujyi wa Kigali wizeye ko uyu mwaka uzatanga \[…\]

## [Amajyepfo :Ibikorwa by’ingenzi by’ingabo na Polisi by’U Rwanda byo gufasha abaturage no kwizihiza umunsi wo kwibohora32 {Amafoto}](https://realrwanda.rw/amajyepfo-ibikorwa-byingenzi-byingabo-na-polisi-byu-rwanda-byo-gufasha-abaturage-no-kwizihiza-umunsi-wo-kwibohora32-amafoto)

_2026-07-05 · Editor · Amakuru agezweho &#45; INKURU ZIHERUKA_

## [Ngoma:Ababyeyi barasabwa kurinda abana babo ibirura byiteguye kubashukisha amafaranga mu biruhuko](https://realrwanda.rw/ngomaababyeyi-barasabwa-kurinda-abana-babo-ibirura-byiteguye-kubashukisha-amafaranga-muri-ibi-biruhuko)

_2026-06-30 · Editor · Amakuru agezweho &#45; INKURU ZIHERUKA_

## [Save with community-voted codes (Sponsored)](https://crawlproof.com/a/2tb8TdcJlVew)

_2026-06-30 · **Sponsored**_

Search thousands of community-verified coupon codes — 100% free, no account needed.

## [Muhanga:Hemejwe ingengo y&apos;imari y&apos;umwaka utaha yiyongereyeho miliyoni 836 Frw ku y&apos;umwaka ushize](https://realrwanda.rw/muhangahemejwe-ingengo-yimari-yumwaka-utaha-yiyongereyeho-miliyoni-836-frw-kuyumwaka-ushize)

_2026-06-30 · Editor · Amakuru agezweho &#45; INKURU ZIHERUKA_

## [Igiciro cy&apos;ibikomoka kuri Peteroli cyamanutse cyane ku buryo butabayeho amato muri Hormuz ni uruvunganzoka](https://realrwanda.rw/igiciro-cyibikomoka-kuri-peteroli-cyamanutse-cyane-ku-buryo-butabayeho-amato-muri-hormuz-ni-uruvunganzoka)

_2026-06-25 · Editor · Amakuru agezweho &#45; INKURU ZIHERUKA_

## [PAC Yaanza Kusikiliza Hadharani Taasisi Zilizotajwa Katika Ripoti ya Mkaguzi Mkuu wa Hesabu za Serikali](https://rubanda.rw/pac-yaanza-kusikiliza-hadharani-taasisi-zilizotajwa-katika-ripoti-ya-mkaguzi-mkuu-wa-hesabu-za-serikali)

_2026-06-25 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Ubukungu_

Kamati ya Bunge ya Kusimamia Matumizi ya Fedha na Mali za Umma (PAC)hii leo Tarehe 25 Juni 2026 imeanza kusikiliza hadharani taasisi zilizobainika kuwa na makosa katika ripoti ya Mkaguzi Mkuu wa Hesabu za Serikali.

## [Banki Nkuru y’u Rwanda irasaba abafite inguzanyo kuganira n’ibigo by’imari mbere yo kugera ku cyamunara.](https://rubanda.rw/banki-nkuru-yu-rwanda-irasaba-abafite-inguzanyo-kuganira-nibigo-byimari-mbere-yo-kugera-ku-cyamunara)

_2026-06-23 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Ubukungu_

Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) irakangurira abaturage bafashe inguzanyo mu mabanki no mu bindi bigo by’imari kujya bihutira kugana abo bafitanye amasezerano y’inguzanyo igihe bahuye n’imbogamizi zibabuza gukomeza kwishyura nk’uko byari biteganyijwe.

## [Radio VOICE FM yatangije ibikorwa byayo i Rwamagana mu Burasirazuba](https://rubanda.rw/radio-VOICE-fm-yatangije-ibikorwa-byayo-i-rwamagana-mu-burasirazuba)

_2026-05-26 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Ubukungu_

Mu rwego rwo kurushaho kwegereza abaturage amakuru n’ibiganiro bibafitiye akamaro, Radio VOICE FM yatangiye ibikorwa byayo mu mujyi wa Rwamagana, aho yashinze icyicaro gikuru., Iyi radio nshya iri kumvikana ku murongo wa 94.5 FM, ikaba igamije kuziba icyuho cyari kiri mu itangazamakuru ryegereye abaturage bo mu Ntara y’Iburasirazuba.

## [Namibia yamaze kwishyura Umwenda yari ifitiye IMF](https://rubanda.rw/namibia-yamaze-kwishyura-umwenda-yari-ifitiye-imf)

_2026-05-01 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Ubukungu_

Perezida wa Namibia, Netumbo Nandi-Ndaitwah, yayoboye iki gihugu kugera ku ntambwe ikomeye mu bukungu, aho cyarangije kwishyura umwenda cyari gifitiye Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari, International Monetary Fund (IMF). Namibia yishyuye amafaranga angana na miliyoni 23.9 z’amadolari ya Amerika, igikorwa kigamije kugabanya umutwaro w’imyenda y’amahanga no gukomeza gushimangira ubukungu bw’icyo gihugu.

## [Ishyaka Green Party ryoroje abarwanashyaka baryo bo mu karere ka Gicumbi](https://rubanda.rw/ishyaka-green-party-ryoroje-abarwanashyaka-baryo-bo-mu-karere-ka-gicumbi)

_2026-04-26 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Ubukungu_

Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda ( DGPR-Green Party) rikomeje bikorwa byo koroza abarwanashyaka baryo, amatungo magufi hagamijwe guhanga imirimo mishya ibyara inyungu.

## [Juba yaomba kuongezwa Muda wa kuhifadhi Mizigo](https://rubanda.rw/juba-yaomba-kuongezwa-Muda-wa-kuhifadhi-mizigo)

_2025-11-09 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Ubukungu_

Serikali ya Sudan Kusini, ambayo ni mtumiaji wa pili kwa ukubwa wa bandari ya Mombasa nchini Kenya, imeitaka serikali ya Kenya kuongeza muda wa kuhifadhi mizigo bandarini ili kuimarisha biashara kati ya nchi hizo mbili.

## [Ibiti n&apos;amazi ntabwo aribyo bigize ibidukikije gusa &#45; Abayisenga Papy Moise](https://rubanda.rw/ibiti-namazi-ntabwo-aribyo-bigize-ibidukikije-gusa-abayisenga-papy-moise)

_2025-10-31 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Ubukungu_

Abayisenga Papy Moise umuyobozi w'urubyiruko wungirije mu ntara y'Iburengerazuba mu ishyaka (DGPR) Green Party of Rwanda DGPR , yasobanuriye abarwanashyaka by'umwihariko urubyiruko, yuko ibiti n'amazi ataribyo bigize ibidukikije gusa, ahubwo ko Amazi n'ikirere nabyo biri mu bigize ibidukikije.

## [profullstack on Ko‑fi (Sponsored)](https://crawlproof.com/a/QVqA355WCyci)

_2025-10-31 · **Sponsored**_

Open the creator's Ko‑fi page.

## [Minisitiri w’Intebe yatangiye uruzinduko rw’iminsi ibiri mu Ntara y&apos;Iburasirazuba](https://rubanda.rw/minisitiri-wintebe-yatangiye-uruzinduko-rwiminsi-ibiri-mu-ntara-yiburasirazuba)

_2025-08-08 · Chief Editor · amakuru agezweho &#45; : Ubukungu_

Kuri uyu wagatanu 8 Kanama 2025 , Minisitiri w’Intebe Dr . Justin Nsengiyumva, yatangiye uruzinduko rw’iminsi ibiri mu Ntara y'Iburasirazuba, asura imishinga inyuranye y’ingenzi mu buhinzi ngo arebe aho igeze ishyirwa mu bikorwa.

