RSS Amplifier

Blog

amakuru agezweho - : Ubukungu

amakuru agezweho - : Ubukungu

rubanda.rwSource feed ↗10 posts

Live Last read · last published · next check

Written by

Latest posts

INEZA Spare Parts – Ibikoresho byizewe ku modoka n’imashini byawe

Ufite imodoka cyangwa imashini kandi ushaka spare parts nziza, zizewe kandi zagufasha gukomeza akazi kawe nta nkomyi.

Ibishyimbo bya Mushingiriro by’umwimerere biri ku isoko

Umuhinzi wo mu Karere ka Kamonyi, Umurenge wa Gacurabwenge, afite umusaruro ungana na toni 2 z’ibishyimbo bya Mushingiriro, byeze neza kandi biteguye kugera ku muguzi.

PAC Yaanza Kusikiliza Hadharani Taasisi Zilizotajwa Katika Ripoti ya Mkaguzi Mkuu wa Hesabu za Serikali

Kamati ya Bunge ya Kusimamia Matumizi ya Fedha na Mali za Umma (PAC)hii leo Tarehe 25 Juni 2026 imeanza kusikiliza hadharani taasisi zilizobainika kuwa na makosa katika ripoti ya Mkaguzi Mkuu wa Hesabu za Serikali.

Banki Nkuru y’u Rwanda irasaba abafite inguzanyo kuganira n’ibigo by’imari mbere yo kugera ku cyamunara.

Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) irakangurira abaturage bafashe inguzanyo mu mabanki no mu bindi bigo by’imari kujya bihutira kugana abo bafitanye amasezerano y’inguzanyo igihe bahuye n’imbogamizi zibabuza gukomeza kwishyura nk’uko byari biteganyijwe.

Radio VOICE FM yatangije ibikorwa byayo i Rwamagana mu Burasirazuba

Mu rwego rwo kurushaho kwegereza abaturage amakuru n’ibiganiro bibafitiye akamaro, Radio VOICE FM yatangiye ibikorwa byayo mu mujyi wa Rwamagana, aho yashinze icyicaro gikuru., Iyi radio nshya iri kumvikana ku murongo wa 94.5 FM, ikaba igamije kuziba icyuho cyari kiri mu itangazamakuru ryegereye abaturage bo mu Ntara y’Iburasirazuba.

Namibia yamaze kwishyura Umwenda yari ifitiye IMF

Perezida wa Namibia, Netumbo Nandi-Ndaitwah, yayoboye iki gihugu kugera ku ntambwe ikomeye mu bukungu, aho cyarangije kwishyura umwenda cyari gifitiye Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari, International Monetary Fund (IMF). Namibia yishyuye amafaranga angana na miliyoni 23.9 z’amadolari ya Amerika, igikorwa kigamije kugabanya umutwaro w’imyenda y’amahanga no gukomeza gushimangira ubukungu bw’icyo gihugu.

Ishyaka Green Party ryoroje abarwanashyaka baryo bo mu karere ka Gicumbi

Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda ( DGPR-Green Party) rikomeje bikorwa byo koroza abarwanashyaka baryo, amatungo magufi hagamijwe guhanga imirimo mishya ibyara inyungu.

Juba yaomba kuongezwa Muda wa kuhifadhi Mizigo

Serikali ya Sudan Kusini, ambayo ni mtumiaji wa pili kwa ukubwa wa bandari ya Mombasa nchini Kenya, imeitaka serikali ya Kenya kuongeza muda wa kuhifadhi mizigo bandarini ili kuimarisha biashara kati ya nchi hizo mbili.

Ibiti n'amazi ntabwo aribyo bigize ibidukikije gusa - Abayisenga Papy Moise

Abayisenga Papy Moise umuyobozi w'urubyiruko wungirije mu ntara y'Iburengerazuba mu ishyaka (DGPR) Green Party of Rwanda DGPR , yasobanuriye abarwanashyaka by'umwihariko urubyiruko, yuko ibiti n'amazi ataribyo bigize ibidukikije gusa, ahubwo ko Amazi n'ikirere nabyo biri mu bigize ibidukikije.

Minisitiri w’Intebe yatangiye uruzinduko rw’iminsi ibiri mu Ntara y'Iburasirazuba

Kuri uyu wagatanu 8 Kanama 2025 , Minisitiri w’Intebe Dr . Justin Nsengiyumva, yatangiye uruzinduko rw’iminsi ibiri mu Ntara y'Iburasirazuba, asura imishinga inyuranye y’ingenzi mu buhinzi ngo arebe aho igeze ishyirwa mu bikorwa.