
INEZA Spare Parts – Ibikoresho byizewe ku modoka n’imashini byawe
Ufite imodoka cyangwa imashini kandi ushaka spare parts nziza, zizewe kandi zagufasha gukomeza akazi kawe nta nkomyi.
amakuru agezweho - : Ubukungu
Live Last read · last published · next check

Ufite imodoka cyangwa imashini kandi ushaka spare parts nziza, zizewe kandi zagufasha gukomeza akazi kawe nta nkomyi.

Umuhinzi wo mu Karere ka Kamonyi, Umurenge wa Gacurabwenge, afite umusaruro ungana na toni 2 z’ibishyimbo bya Mushingiriro, byeze neza kandi biteguye kugera ku muguzi.

Kamati ya Bunge ya Kusimamia Matumizi ya Fedha na Mali za Umma (PAC)hii leo Tarehe 25 Juni 2026 imeanza kusikiliza hadharani taasisi zilizobainika kuwa na makosa katika ripoti ya Mkaguzi Mkuu wa Hesabu za Serikali.

Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) irakangurira abaturage bafashe inguzanyo mu mabanki no mu bindi bigo by’imari kujya bihutira kugana abo bafitanye amasezerano y’inguzanyo igihe bahuye n’imbogamizi zibabuza gukomeza kwishyura nk’uko byari biteganyijwe.

Mu rwego rwo kurushaho kwegereza abaturage amakuru n’ibiganiro bibafitiye akamaro, Radio VOICE FM yatangiye ibikorwa byayo mu mujyi wa Rwamagana, aho yashinze icyicaro gikuru., Iyi radio nshya iri kumvikana ku murongo wa 94.5 FM, ikaba igamije kuziba icyuho cyari kiri mu itangazamakuru ryegereye abaturage bo mu Ntara y’Iburasirazuba.

Perezida wa Namibia, Netumbo Nandi-Ndaitwah, yayoboye iki gihugu kugera ku ntambwe ikomeye mu bukungu, aho cyarangije kwishyura umwenda cyari gifitiye Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari, International Monetary Fund (IMF). Namibia yishyuye amafaranga angana na miliyoni 23.9 z’amadolari ya Amerika, igikorwa kigamije kugabanya umutwaro w’imyenda y’amahanga no gukomeza gushimangira ubukungu bw’icyo gihugu.

Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda ( DGPR-Green Party) rikomeje bikorwa byo koroza abarwanashyaka baryo, amatungo magufi hagamijwe guhanga imirimo mishya ibyara inyungu.

Serikali ya Sudan Kusini, ambayo ni mtumiaji wa pili kwa ukubwa wa bandari ya Mombasa nchini Kenya, imeitaka serikali ya Kenya kuongeza muda wa kuhifadhi mizigo bandarini ili kuimarisha biashara kati ya nchi hizo mbili.

Abayisenga Papy Moise umuyobozi w'urubyiruko wungirije mu ntara y'Iburengerazuba mu ishyaka (DGPR) Green Party of Rwanda DGPR , yasobanuriye abarwanashyaka by'umwihariko urubyiruko, yuko ibiti n'amazi ataribyo bigize ibidukikije gusa, ahubwo ko Amazi n'ikirere nabyo biri mu bigize ibidukikije.

Kuri uyu wagatanu 8 Kanama 2025 , Minisitiri w’Intebe Dr . Justin Nsengiyumva, yatangiye uruzinduko rw’iminsi ibiri mu Ntara y'Iburasirazuba, asura imishinga inyuranye y’ingenzi mu buhinzi ngo arebe aho igeze ishyirwa mu bikorwa.