Rais wa Jamhuri ya Muungano wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan, ametoa kauli inayozua mjadala kuhusu nafasi yake ya uongozi na mamlaka ndani ya Serikali, akisisitiza kuwa yeye ndiye mwenye dhamana kuu ya uongozi wa nchi.
Kamishna Mkuu wa FPR Inkotanyi, Balozi Christophe Bazivamo, katika Kongamano la wanachama Cha RPF Inkotanyi Tarehe 17 July 2026 alitoa hotuba akisisitiza kuwa kila mwanachama wa FPR Inkotanyi ana jukumu muhimu katika ujenzi na maendeleo ya Rwanda.
Katika hotuba yenye uzito mkubwa kwenye Kongamano la wanachama Cha Kisiasa Cha RPF-Inkotanyi, kilicho fanyika Tarehe 17 July 2026, Rais Paul Kagame alitoa msimamo mkali kuhusu kuongezeka kwa mvutano katika eneo la Maziwa Makuu pamoja na vikwazo vinavyoendelea kuwekwa na mataifa ya Magharibi., Akasisitiza kuwa Rwanda haitanyamaza.
Guverinoma ya Tanzania yatangaje ko yababajwe n'inkuru yatangajwe ku wa 13 Nyakanga 2026 n'Ikigo cy'Itangazamakuru cy'u Bwongereza (BBC) binyuze muri gahunda ya BBC Africa Eye, ivuga ko ikubiyemo amakuru abogamye ku ruhande rumwe, adafite ibimenyetso bihagije, arimo ibura ry'amakuru y'ingenzi kandi agamije guharabika isura ya Tanzania ku rwego mpuzamahanga.
Itsinda rya ba Minisitiri ba Commonwealth rishinzwe gukurikirana iyubahirizwa ry’indangagaciro z’uwo muryango (Commonwealth Ministerial Action Group - CMAG) ryateranye mu nama yihutirwa ya 73 kuri uyu wa 10 Nyakanga 2026, risohora itangazo risoza iyo nama (Concluding Statement). Igice kinini cy'iryo tangazo cyibanze ku isesengura ry'imiterere ya politiki n'iyubahirizwa ry'uburenganzira bwa muntu…
Ishyaka Riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda DGPR, ryashimangiye ko kwegera abaturage ariyo ntego, rinasaba Abarwanashyaka baryo gukomeza kwitabira gahunda zitandukanye za Leta.
Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 26 Kamena, Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda (Rwanda Green Party) ryakomeje gahunda yo gushyiraho inzego zaryo ku rwego rw’umurenge mu Mirenge ya Gahunga na Kinoni, iherereye mu Karere ka Burera mu Ntara y’Amajyaruguru.
Kuri iki Cyumweru, tariki ya 21 Kamena 2026, Ishyaka Democratic Green Party of Rwanda ryakomereje gahunda yo gushyiraho no gukomeza inzego zaryo ku rwego rw’imirenge, aho ibikorwa byabereye mu Mirenge ya Kagogo na Kinyababa yo mu Karere ka Burera.
Mu muhango wo gutangiza gahunda yo gushyiraho inzego z’Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda (DGPR) ku rwego rw’umurenge, wabereye mu karere ka Burera kuri uyu wagatandatu tariki 20 Kamena 2026. Perezida w’iri shyaka, Hon Senater Dr Frank Habineza, yasabye abarwanashyaka gutanga ibitekerezo byubaka ndetse no kumenya amateka y’ishyaka, indangagaciro zaryo, n’intego…
Ishyaka riharanira Demokara no kurengera ibidukikije mu Rwanda DGPR ryongeye gushimangira ko ibigo binyuzwamo abantu by'igihe gito ( Transit Centers) bikwiye kuvaho nkuko byatangajwe na Perezida w'Ishyaka Hon Senateri Dr Frank Habineza.