
Padiri Samuel yishwe n'abagizi ba nabi
Mu gihugu cya Nigeria, Umupadiri witwa Samuel Opeyemi Oyetoro yishwe n'abagizi ba nabi bataramenyekana mu gace ka Ajaokuta, muri Leta ya Kogi. Umurambo we wabonetse ku muhanda ku wa 29 Nyakanga 2026.
amakuru agezweho - : Iyobokamana
Live Last read · last published · next check

Mu gihugu cya Nigeria, Umupadiri witwa Samuel Opeyemi Oyetoro yishwe n'abagizi ba nabi bataramenyekana mu gace ka Ajaokuta, muri Leta ya Kogi. Umurambo we wabonetse ku muhanda ku wa 29 Nyakanga 2026.

Jumamosi hii, Idara ya Programu za Qur'an ndani ya Jumuiya ya Waislamu nchini Rwanda (RMC) imepokea msaada wa vitabu vya Qur'an uliotolewa na shirika la WAMY, ambalo ni mshirika wa RMC katika utekelezaji wa programu mbalimbali za maendeleo ya Kiislamu.

Hari amadini amwe n'amwe akoresha izina "Gatolika", nyamara ntari mu bumwe busesuye na Kiliziya Gatolika iyobowe na Papa. Ni yo mpamvu kuba idini ryitwa "Gatolika" bidahagije ngo rifatwe nk'igice cya Kiliziya Gatolika y'i Roma. Ikintu cy'ingenzi gishingirwaho ni ukureba niba riri mu bumwe na Papa, usimbura Mutagatifu Petero nk'uko inyigisho za Kiliziya Gatolika zibivuga.

Mufti w'u Rwanda, Sheikh Sindayigaya Musa, mu ruzinduko rugamije kwegera Abayisilamu bo hirya no hino mu gihugu amaze iminsi akora, yabasabye Abaislam gukomeza kugira uruhare rugaragara mu kubaka Igihugu, kubungabunga ubumwe no kwiteza imbere.

Musenyeri Hieronymus Emusugut Joya, uyobora Diyosezi Gatolika ya Maralal muri Kenya, yashyize ho isaha ntarengwa y'abapadiri yokuba kugera mu rugo.

Musenyeri Hieronymus Emusugut Joya, wo muri Kenya yahagaritse by'agateganyo abapadiri batandatu ba Diyosezi Gatolika ya Maralal kubera ibirego byo gukoresha nabi ububasha bahawe, harimo no kunywera inzoga mu tubari.

Leo Jumapili, tarehe 28 Juni 2026, Parokia ya Kanisa Kuu ya Cyangugu imeadhimisha sikukuu yake, ambayo imekwenda sambamba na sikukuu ya Dayosisi ya Cyangugu. Parokia hiyo pamoja na Dayosisi yote viko chini ya ulinzi wa Moyo Safi Usio na Doa wa Bikira Maria.

Musenyeri wa Kiliziya Gatolika wari umaze igihe gito agizwe Umwepiskopi w’akarere ko hagati muri Mozambike na Papa Leo XIV, yishwe arashwe n’amasasu iwe mu rugo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 6 Kamena 2026 mu buryo bwateye urujijo.

Umuhanuzi akaba n’intumwa w’itorero rya WRC yabwiye abayoboke be ndetse n’abaturage ko gusezeranira mu rusengero ari ubupagani.

Pasiteri Izadufasha Peter, wasengewe mu nshingano za Gishumba mu itorero ry'Inkuru Nziza mu Rwanda muri Paruwase ya Kabarondo mu karere ka Kayonza, yavuze ko mu mpanuro bahawe harimo kurinda Umukumbi w'Imana baragijwe.