RSS Amplifier

Blog

amakuru agezweho - : Imyidagaduro

amakuru agezweho - : Imyidagaduro

rubanda.rwSource feed ↗10 posts

Live Last read · last published · next check

Written by

Latest posts

Nicole Designer Aho kwambara neza bihinduka umwimerere wawe

Ushaka umwambaro mwiza, ujyanye n’umubiri wawe kandi ugaragaza umwihariko wawe, Nicole Designer ni amahitamo meza.

Diddy yongerewe igihe muri Gereza

Umuraperi w'icyamamare wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Sean "Diddy" Combs, biravugwa ko yongerewe igihe azamara muri gereza nyuma yo gushinjwa kurwana n'undi mfungwa bari bafunganywe.

Drake yateze miliyoni 1.5$ ko Argentine izatsinda Espagne

Umuhanzi w'icyamamare Drake yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo gutega miliyoni 1.5 z'amadolari ya Amerika ahamya ko Argentine izatsinda Espagne ku mukino wa nyuma wa nyuma w'Igikombe cy'Isi cya 2026.

Ku minsi 40 y’Umwana wa Wema Sepetu, kwinjira ni Miliyoni 5

Mu gihe hasigaye iminsi mike ngo habe umuhango wo kwizihiza iminsi 40 y'amavuko ya Baby Ollie, umwana w'ibyamamare Wema Sepetu na Whozu, hamenyekanye ibiciro byo kwinjira muri ibyo birori.

Titi Brown yavuze ku gikomere yatewe n'umukobwa wa mubenze

Umubyinnyi wabigize umwuga Ishimwe Thierry uzwi nka Titi Brown, yatangaje ko urukundo rwe n'umukobwa atigeze avuga amazina ariko bikekwa ko yaba ari Umukinnyi wa filime Nyambo rwageze ku musozo mu gihe yari ageze kure ategura kumwambika impeta ngo babane nk’umugore n’umugabo., bikaza kurangira bimusigiye ibikomere bizatuma atazongera gukundana vuba.

Yongeye kwishongora avuga ko abagenda mu modoka rusange nta bwenge bagira

Umugore wo muri Tanzania uherutse kugaragara ku mbuga nkoranyambaga avuga ko atashyingira umwana we ku mugabo udafite PhD, yongeye kurikoreza avuga ko umuntu ugitega imodoka rusange ari ubutindi kandi ko ntabwenge agira.

Polisi iraburira abantu bafatira amashusho ahantu hatemewe

Umuvugizi wa Polisi mu Mujyi wa Kigali, Chief Inspector of Police (CIP) Wellars Gahonzire, yavuze ko abakomeje kugaragara bakora ibikorwa byo gufata amashusho ahantu hatemewe, bazwi nkaba Content Creator's (Abaremankuru) ku bireka kuko bibangamira ituze rya rubanda.

Ibyaranze ibirori bya Oscar’s byaraye bibaye kunshuro ya 97

Mwijoro ryatariki 15,03,2026 mumujyi wa Los Angeles Muri Leta zunze ubumwe za america kunshuro ya 98 habereye ibirori bifatwa nkibyambere kwisi Muri cinema bizwi nka Oscar’s award .

Umukobwa yatanze ikirego kuri RIB kumusore bari kuzabana

Mukiganiro na CHITA Magic,Uwambajimana Joyeuse wamamaye kumbuga nkoranyambaga nka Juwayeze wa Juno kubera gutangaza ko akunda umuhanzi Juno Kizigenza yatangaje ko ubukwe bwari butegrejwe nabantu benshi mukwezi gutaha bwapfuye ndetse avuye kurega umusore bari kuzabana kuri sitasiyo ya RIB ya Nyamirambo kuko yasanze ari umutekamutwe yashakaga kurya utwe nutwabandi.

Bashobora kwirukanwa mu mwuga bakajya ku mihanda nk'abandi-Mugisha Emmanuel

Umunyamabanga Nshingwabikorwa Urwego rw’Abanyamakuru bigenzura, RMC Mugisha Emmanuel., yaneze uguterana amagambo amaze iminsi by'umwihariko ku banyamakuru babiri Musangamfura Christian ‘Lorenzo’ wa SK FM. hamwe na Reagan Rugaju ukore RBA, aho Mugisha yavuze ko mu gihe batahinduka bashobora kwirukanwa mu mwuga bakajya ku mihanda nkabandi.