RSS Amplifier

News source

Tpn

paradise.rwSource feed ↗10 articles

Overdue Last read · last published · next check
Last read 7 hours ago, longer than this feed's 1 hour schedule.

Written by

Latest articles

Bethlehem Choir yari imaze igihe icecetse igiye gushyira hanze indirimbo nshya 'Yesu Gusa'

Korali Bethlehem Choir ADEPR Gisenyi yatangaje ko iri hafi gushyira hanze indirimbo nshya yise “Yesu Gusa”, igihangano bemeza ko kizaba kirimo ubutumwa buzakora ku mitima ya benshi. Bethlehem Choir ikunzwe cyane ariko ikaba yari imaze igihe itumvikana cyane mu bihangano bishya yongeye kwegura inanga aho igiye kugeza indirimbo nshya nyinshi ku bakunzi bayo. Ku ikubitiro, bateguje indirimbo nshya…

Gentil Misigaro yasohoye indirimbo 'Urakomeye' yagizwemo uruhare n'uwaririmbye muri Hoziana Choir

Umuramyi Gentil Misigaro yasobanuye inkuru yihariye y'indirimbo ye nshya “Urakomeye”, avuga ko igitekerezo cyayo cyatangiye mu 2019 ubwo yari mu Bubiligi mu bitaramo. Gentil Misigaro yavuze ko ubwo yari acumbitse ategura igitaramo cyari gisigaje umunsi umwe, yasuwe n'umuhanzi Isaac Rabine, wari umwe mu baririmbyi bari gutaramana na we. Uyu Isaac Rabine akaba yararirimbye muri Hoziana Choir mbere…

Mami Espe yishimiye impeta ya kabiri yambitswe na Paul, ahishura n'amateka y'indirimbo “Umugisha”

Umuramyi Mami Espe yagaragaje ibyishimo bikomeye nyuma yo kwambikwa impeta ya kabiri n'umugabo we Paul, avuga ko amagambo yamubwiye ubwo yamwambikaga iyo mpeta yakoze ku mutima we kandi amwibutsa urukundo n'ubwiza bw'imyaka bamaze babana. Mami Espe, umaze imyaka icumi abana na Paul, avuga ko impeta ya kabiri atayibonye nk'umutako gusa, ahubwo yayifashe nk'ikimenyetso cy'ishimwe n'urukundo umugabo…

Apostle Mignonne Kabera azabwiriza muri Worship Legacy Season 7 ya Gisubizo Ministry

Gisubizo Ministry igiye gutaramira abakunzi bayo mu gitaramo cyiswe Worship Legacy Concert Season 7, Apostle Mignonne Kabera azabwirizamo. Gisubizo Ministry yatangaje ko igeze kure imyiteguro y'igitaramo cyayo ngarukamwaka Worship Legacy Concert Season 7, giteganyijwe ku wa 13 Nzeri 2026 muri Camp Kigali, guhera saa 16:00. Muri iki gitaramo, Apostle Mignonne Alice Kabera azatanga ubutumwa…

Apôtre Gitwaza yagiye i Bujumbura mu kwizihiza imyaka 25 ya Zion Temple

Apôtre Dr. Paul Gitwaza ari mu ruzinduko rw'ivugabutumwa mu Burundi rujyanye no kwizihiza imyaka 25 ya Zion Temple. Apôtre Dr. Paul Gitwaza, Umushumba Mukuru wa Zion Temple Celebration Center akaba n'uwashinze Authentic Word Ministries, ari mu Burundi aho yitabiriye ibikorwa by'ivugabutumwa n'ibijyanye no kwizihiza imyaka 25 ishize Zion Temple Burundi itangiye umurimo. Urwo ruzinduko rwe…

Ubutumwa bukubiye mu ndirimbo nshya “Inkuru” ya Family of Singers ya EPR Kiyovu

Indirimbo “Inkuru” ya Family of Singers Choir yo muri EPR Paroisse Kiyovu, ni indirimbo yibanda ku butumwa bwo kwihana, kugarukira Imana, imbabazi n'agakiza kabonerwa muri Yesu Kristo. Iyi ndirimbo yubakiye ku nkuru y'umwana w'ikirara uvugwa muri Bibiliya, wavuye iwabo akajya kure, ariko nyuma akisubiraho, agafata icyemezo cyo gusubira mu rugo kwa se. Family of Singers igaragaza ko uyu mwana amaze…

Ese abanyamuziki bo mu rusengero bakwiriye kwishyurwa amafaranga?

Ikibazo cyabajijwe na Great Moses Music Academy ku rubuga rwa Instagram kigira kiti: "Ese abanyamuziki bo mu rusengero bakwiriye kwishyurwa cyangwa ntibabikwiriye?". Iki kibazo cyabajijwe na Great Moses Music Academy ku rubuga rwa Instagram ku wa 13 Kanama 2026, cyakuruye impaka ndende, aho abantu batandukanye bagaragaje ibitekerezo bitandukanye ku bijyanye no kumenya niba abanyamuziki bakorera mu…

Twikira ubwambure bwa so: Abashumba bawe barimo gutongana wakora iki nk'umukristo?

Shemu na Yafeti bafata umwenda, bawushyira ku ntugu zabo… batwikira ubwambure bwa se.” — Itangiriro 9:23. Nyuma y'Umwuzure, Nowa yatangiye guhinga ubutaka ateramo uruzabibu. (Itangiriro 9:21) Bukeye anywa vino yarwo arasinda, yambarira ubusa mu ihema rye. Ham yabibonye aragenda abibwira abavandimwe be. Ariko Shemu na Yafeti bo bafashe umwenda, basubira inyuma kugira ngo batabona ubwambure bwa se,…

Uwazampa amahirwe yo guhura na Apôtre Gitwaza n'iyo namukora mu ntoki gusa Imana yashaka ikansezerera

"Apostle Gitwaza ni umukozi w'Imana w'ukuri, ni ukuri cyane!. Njyewe numvishe umuntu amuvuga nabi, yabona indi sura yanjye. Uwazampa amahirwe yo guhura na Apotre Gitwaza, n'iyo namukora mu ntoki gusa, Imana yashaka igasezerera njyewe umwana wayo". Umuhanzikazi w'Umunyarwandakazi ukora umuziki wa Gospel, akaba n'Umukristo utuye mu Rwanda muri Afrika, yatangaje ko afite icyifuzo gikomeye cyo…

Highlights from Revival Palace Community Church's 'Break Out Your Limits' Youth Conference in Rwanda

Break Out Your Limits 2026 leaves Rwandan and international youth inspired to embrace unity, entrepreneurship, and purpose. Ended on August 16 after a week of empowering and uniting young Christian leaders from Rwanda and across Africa. The international Break Out Your Limits 2026 Conference, organized by Revival Palace Community Church in partnership with A Light to the Nations Africa Ministries,…