RSS Amplifier

Blog

Panorama

Amakuru y'u Rwanda n'Amahanga

panorama.rwSource feed ↗10 posts

Overdue Last read · last published · next check
Last read 10 hours ago, longer than this feed's 2 hours schedule.

Written by

Latest posts

Uko wareba Amanota y’Ibizamini bya Leta kuri Internet

Abanyeshuri bakoze ibizamini bya Leta bisoza icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye (S3) bashobora kureba amanota yabo kuri internet bakoresheje urubuga rwa SDMS rutangazwa na NESA. Nyuma y’itangazwa ry’amanota y’ibizamini bya Leta, abanyeshuri n’ababyeyi bashobora gukoresha ikoranabuhanga kugira ngo barebe amanota umunyeshuri yabonye ndetse n’ishuri yoherejwemo gukomerezamo amasomo. Uko Wareba…

Ingingo z’ingenzi z’impamvu yo zgusaba guhindura amazina ya ASHIMWE Yvonne

Abakora ubuhinzi bw’umuceri mu gishanga cya Nyabarongo barasaba ko gitunganywa

Abakora ubuhinzi bw’umuceri mu gishanga cya Nyabarongo barasaba igitunganywa nyuma yo guhomba asaga miliyoni 100 Frw Abahinzi b’umuceri bo mu gishanga cya Nyabarongo, mu Karere ka Karongi, barasaba Leta kugishyira mu bikorwa imishinga yo kugitunganya no kugenzura amazi, bavuga ko kuzura k’umugezi wa Nyabarongo bikomeje kubateza igihombo gikomeye. Aba bahinzi bo mu tugari twa Shyembe […]

Ibyoherezwa mu mahanga byinjirije u Rwanda asaga miliyari 19 Frw mu minsi itanu

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi, NAEB, cyatangaje ko mu minsi itanu u Rwanda rwinjije miliyoni 12.95 z’amadolari ya Amerika, angana n’asaga miliyari 19 Frw, avuye mu bicuruzwa by’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi byoherejwe mu mahanga. Imibare ya NAEB igaragaza ko hagati ya tariki ya 10 n’iya 14 Kanama 2026, […]

NCD Alliance commends Government Action against illicit alcohol

Rene Anthere Rwanyange The Rwanda Non-Communicable Disease Alliance (RNCDA) commends the Government of Rwanda, through the Ministry of Health and the Rwanda Food and Drugs Authority (Rwanda FDA), for strengthening regulatory enforcement against non-compliant and unsafe alcoholic beverages. The Alliance welcomes the measures initiated in August 2026, including the closure of non-compliant…

Green Amayaga yatangije icyiciro cya kabiri kizagera mu mirenge 35 yo mu majyepfo

Umushinga Green Amayaga watangije ku mugaragaro icyiciro cya kabiri cy’ibikorwa byawo, aho uteganya kwagura ibikorwa byo kubungabunga ibidukikije, kurwanya isuri no guteza imbere ubuhinzi mu mirenge 35 yo mu turere turindwi tw’Intara y’Amajyepfo. Iki cyiciro cyatangijwe kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 18 Kanama 2026, mu Karere ka Nyanza, mu nama nyunguranabitekerezo yitabiriwe na Guverineri […]

Minisitiri w’Intebe Nsengiyumva asaba Afurika gushyira mu bikorwa imihigo ku mazi n’isuku

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr. Justin Nsengiyumva, yasabye ibihugu bya Afurika kuva ku mihigo n’amasezerano yanditse bikibanda ku bikorwa bifatika, by’umwihariko mu guteza imbere serivisi z’amazi, isuku n’isukura. Ibi yabivugiye i Kigali kuri uyu wa Kabiri tariki ya 18 Kanama 2026, ubwo yatangizaga ku mugaragaro Inama Nyafurika yiga ku miyoborere n’iterambere ry’urwego rw’amazi, isuku…

APR FC yongeye amaraso mashya mu butoza (Amafoto)

Panorama Sports Ikipe ya APR F.C yitegura imikino itandukanye mu mwaka mushya w’imikino wa 2026/27 yamaze kongera amaraso mashya mu batoza bayo, aho yongereyemo umutoza wongerera ingufu Abakinnyi. Dr. Fouzir Mohamed umunya Morocco wari usanzwe atuye mu Bufaransa ari na ho yakoreraga, ni we wagizwe umutoza wongerera ingufu abakinnyi akaba afite ubumenyi buhagije muri ako […]

BK Premier League 2026/27: APR FC na Rayon Sports zizahura ku munsi wa cyenda

Ingengabihe y’umwaka w’imikino wa 2026/27 muri BK Premier League yashyizwe ahagaragara, aho umukino uzahuza APR FC na Rayon Sports uteganyijwe ku munsi wa cyenda wa shampiyona. Uyu mukino uzaba tariki ya 21 Ugushyingo 2026 kuri Stade Amahoro, aho Rayon Sports izaba yakiriye APR FC. Ni umwe mu mikino itegerejwe cyane n’abakunzi ba Basketball mu Rwanda, […]

Meya Niyonagira yasabye ababyeyi gutangira kare imyiteguro y’umwaka w’amashuri

Umuyobozi w’Akarere ka Ngoma, Niyonagira Nathalie, yasabye ababyeyi gutangira hakiri kare gutegura ibikoresho by’abana, mu rwego rwo kubafasha gutangira umwaka w’amashuri wa 2026-2027 biteguye kandi batadindijwe no kubura ibikoresho. Meya Niyonagira yabigarutseho kuri uyu wa 17 Kanama 2026, mu kiganiro BIRAVUGWA gica kuri Fine FM 93.1, kigamije gufasha abaturage gukemura ibibazo ndetse no gukumira…